{"id":253734,"date":"2026-08-03T13:51:24","date_gmt":"2026-08-03T13:51:24","guid":{"rendered":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/uganda-umukobwa-wa-perezida-museveni-agiye-kwimikwa-nka-musenyeri\/"},"modified":"2026-08-03T13:50:56","modified_gmt":"2026-08-03T13:50:56","slug":"uganda-umukobwa-wa-perezida-museveni-agiye-kwimikwa-nka-musenyeri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/uganda-umukobwa-wa-perezida-museveni-agiye-kwimikwa-nka-musenyeri\/","title":{"rendered":"Uganda: Umukobwa wa Perezida Museveni agiye kwimikwa nka Musenyeri"},"content":{"rendered":"<p>Uyu muhango wo kumwimika uzaba ku wa 23 Kanama 2026, ahitwa Covenant Hill i Maya, muri Uganda. Patience Rwabwogo azashyirwa ku rwego rw\u2019ubuyobozi bw\u2019ikirenga bw\u2019Itorero rya Covenant Nations Churches muri Uganda no mu bindi bihugu.<\/p>\n<p>Perezida Yoweri Museveni n\u2019umugore we Janet Museveni ni bamwe mu bashyitsi b\u2019imena bazitabira uyu muhango wo kwimika umukobwa wabo. Ibirori kandi bizahurirana no kwizihiza imyaka 20 ishize Covenant Nations Church itangiye gukora.<\/p>\n<p>Uyu muhango uzayoborwa na Bishop Dr LaDonna Osborne wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe umushumba w\u2019itorero rya Pentekote muri Nigeria, Pastor Enoch Adejare Adeboye, n\u2019umugore we Pastor Folu Adeboye, bazaba bari mu bashyitsi batumiwe.<\/p>\n<p>Hazitabira kandi abahanzi b\u2019indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana barimo Hellen Yilma na Emanuel Roro, bateganyijwe kuririmba muri uwo muhango.<\/p>\n<p>Covenant Nations Church ni itorero ryatangijwe na Patience Rwabwogo, aho ubuyobozi bw\u2019iri torero buvuga ko uyu muhango wo kumwimika uje ari intambwe ikomeye mu rugendo rw\u2019iterambere ryaryo, kuva ku itsinda rito ry\u2019abasengeraga mu rugo rikagera ku rwego rufite ibikorwa byagutse.<\/p>\n<p>Uyu muhango kandi utegerejweho kuba ari wo wa mbere Janet Museveni agaragayemo mu ruhame nyuma y\u2019igihe kitari gito atagaragara kubera ikibazo cy\u2019uburwayi.<\/p>\n<p>Umugore wa Perezida Museveni aheruka kugaragara mu bikorwa rusange ku wa 20 Werurwe 2026, ubwo yari yitabiriye igikorwa cyo gukusanya inkunga yo kubaka inyubako y\u2019amashami ya siyansi na laboratwari muri Seeta College, mu Karere ka Mukono. Bucyeye bwaho, ku wa 21 Werurwe, yagize ikibazo gikomeye cy\u2019ubuzima, bituma amara igihe atitabira ibikorwa bya Leta n\u2019ibindi birori.<\/p>\n<figure class=\"spip-document spip-document-969623 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/insaver_to_501204171_18384133108186294_7100832229894233293_n.jpg\" alt=\"Patience Rwabwogo asanzwe ari Pasiteri\" \/><figcaption>Patience Rwabwogo asanzwe ari Pasiteri<\/figcaption><\/figure>\n<figure class=\"spip-document spip-document-969622 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/insaver_to_500315418_18384133195186294_2955047878325556668_n.jpg\" alt=\"Umuhango wo kwimika Patience Rwabwogo uzaba ku wa 23 Kanama 2026\" \/><figcaption>Umuhango wo kwimika Patience Rwabwogo uzaba ku wa 23 Kanama 2026<\/figcaption><\/figure>\n<figure class=\"spip-document spip-document-969621 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/insaver_to_500070807_18384133303186294_9065095039072316465_n.jpg\" alt=\" Patience Rwabwogo yashinze Itorero rya Covenant Nations Church\" \/><figcaption>Patience Rwabwogo yashinze Itorero rya Covenant Nations Church<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Patience Rwabwogo, umukobwa wa Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, akaba ari na we washinze Itorero rya Covenant Nations Church, azimikwa nka Musenyeri w\u2019iri torero mu muhango uteganyijwe muri Kanama 2026.<\/p>\n","protected":false},"author":2990,"featured_media":2000969620,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9125],"tags":[16770],"byline":[11379],"hashtag":[],"class_list":["post-253734","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-muri-afurika","tag-homenews","byline-igihe"],"bylines":[{"id":11379,"name":"IGIHE","slug":"igihe","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":2990}],"contributors":[{"id":11379,"name":"IGIHE","slug":"igihe","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":2990}],"featured_image":{"id":2000969620,"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/insaver_to_501204171_18384133108186294_7100832229894233293_n.jpg","alt":"","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","width":0,"height":0,"sizes":{"thumbnail":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/insaver_to_501204171_18384133108186294_7100832229894233293_n.jpg","width":1,"height":1},"medium":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/insaver_to_501204171_18384133108186294_7100832229894233293_n.jpg","width":1,"height":1},"medium_large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/insaver_to_501204171_18384133108186294_7100832229894233293_n.jpg","width":1,"height":1},"large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/insaver_to_501204171_18384133108186294_7100832229894233293_n.jpg","width":1,"height":1},"full":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/insaver_to_501204171_18384133108186294_7100832229894233293_n.jpg","width":0,"height":0}}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253734","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2990"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=253734"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253734\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2000969620"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=253734"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=253734"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=253734"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=253734"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=253734"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}