{"id":253731,"date":"2026-08-03T12:12:44","date_gmt":"2026-08-03T12:12:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/ariana-grande-agiye-kuba-ahagaritse-umuziki\/"},"modified":"2026-08-03T12:12:36","modified_gmt":"2026-08-03T12:12:36","slug":"ariana-grande-agiye-kuba-ahagaritse-umuziki","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/ariana-grande-agiye-kuba-ahagaritse-umuziki\/","title":{"rendered":"Ariana Grande agiye kuba ahagaritse umuziki"},"content":{"rendered":"<p>Ni bimwe mu byatangajwe n\u2019umuhagarariye ku wa 2 Kanama 2026.<\/p>\n<p>Ureberera inyungu z\u2019uyu muhanzi yavuze ko azafata akaruhuko ajye kure y\u2019abafana namara gusoza Eternal Sunshine Tour.<\/p>\n<p>Ati \u201cIbi bitaramo byamubereye isomo ryiza. Akunda abafana be kandi yakunze cyane buri munota wo muri ibi bitaramo\u201d.<\/p>\n<p>Uyu muririmbyi w\u2019imyaka 33 y\u2019amavuko azasoza ibi bitaramo ku wa 1 Nzeri 2026, i Londres mu Bwongereza.<\/p>\n<p>Ni nyuma y\u2019uko abafana be by\u2019umwihariko batangiye guakeka ko aka kazi kenshi amazemo iminsi ari ko katumye agira ibibazo bijyanye.<\/p>\n<p>Umuhagarariye yongeyeho ko \u201cAshishikajwe no gusoza ibi bitaramo, akabisoza neza, yishimye kandi ubuzima bwe bumeze neza, noneho agafata akaruhuko akwiye aho atazagira ibikorwa bimuhuza n\u2019abafana akora cyangwa agaragaramo\u201d.<\/p>\n<p>Uyu muhanzi ntazanagaragara no muri filime \u2018Sunday in the Park With George\u2019 ya Stephen Sondheim muri studio ya West End Revival nk\u2019uko byari biteganyijwe.<\/p>\n<p>Ni filime yari gukinamo ikazamurikwa mu Mpeshyi y\u2019umwaka utaha wa 2027, ikamurikirwa muri Barbican Centre i Londres mu Bwongereza. Yari kuzayikinanamo na Jonathan Bailey bakinanye muri Wicked igakundwa na benshi ku Isi.<\/p>\n<p>Ku wa 31 Nyakanga 2026, Ariana Grande yasohoye album yise Petal. Anaherutse gusubirana na Ricky Alvarez, wahoze ari umukunzi n&#8217;umubyinnyi we icyarimwe mu myaka icumi ishize.<\/p>\n<figure class=\"spip-document spip-document-969614 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/ariana_grande_agiye_kuba_ahagaritse_umuziki.jpg\" alt=\"Ariana Grande agiye kuba ahagaritse umuziki by&#039;igihe gito\" \/><figcaption>Ariana Grande agiye kuba ahagaritse umuziki by&#039;igihe gito<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhanzi Ariana Grande yatangaje ko agiye gufata ikiruhuko mu muziki ntagaragare no mu ruhame ubwo azaba asoje uruhererekane rw\u2019ibitaramo bye bya \u2018Eternal Sunshine\u2019 muri Nzeri ya 2026.<\/p>\n","protected":false},"author":3496,"featured_media":2000969612,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9138],"tags":[16770,17166],"byline":[16233],"hashtag":[],"class_list":["post-253731","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-muzika","tag-homenews","tag-mot-showbiz","byline-gilbert-ukwizagira"],"bylines":[{"id":16233,"name":"Gilbert Ukwizagira","slug":"gilbert-ukwizagira","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3496}],"contributors":[{"id":16233,"name":"Gilbert Ukwizagira","slug":"gilbert-ukwizagira","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3496}],"featured_image":{"id":2000969612,"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/ariana_grande_agiye_kuba_ahagaritse_umuziki.jpg","alt":"","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","width":0,"height":0,"sizes":{"thumbnail":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/ariana_grande_agiye_kuba_ahagaritse_umuziki.jpg","width":1,"height":1},"medium":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/ariana_grande_agiye_kuba_ahagaritse_umuziki.jpg","width":1,"height":1},"medium_large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/ariana_grande_agiye_kuba_ahagaritse_umuziki.jpg","width":1,"height":1},"large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/ariana_grande_agiye_kuba_ahagaritse_umuziki.jpg","width":1,"height":1},"full":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/ariana_grande_agiye_kuba_ahagaritse_umuziki.jpg","width":0,"height":0}}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253731","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3496"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=253731"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253731\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2000969612"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=253731"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=253731"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=253731"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=253731"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=253731"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}