{"id":253729,"date":"2026-08-03T14:35:43","date_gmt":"2026-08-03T14:35:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/nyuma-y-amateka-yanditse-muri-bk-arena-king-james-yararitse-abo-mu-ntara-no\/"},"modified":"2026-08-03T14:35:28","modified_gmt":"2026-08-03T14:35:28","slug":"nyuma-y-amateka-yanditse-muri-bk-arena-king-james-yararitse-abo-mu-ntara-no","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/nyuma-y-amateka-yanditse-muri-bk-arena-king-james-yararitse-abo-mu-ntara-no\/","title":{"rendered":"Nyuma y\u2019amateka yanditse muri BK Arena, King James yararitse abo mu ntara no muri diaspora (Video)"},"content":{"rendered":"<p>Ibi uyu muhanzi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru nyuma y\u2019igitaramo cya nyuma yakoreye muri BK Arena.<\/p>\n<p>Yavuze ko amaze kubona ko hari abafana benshi bo hirya no hino mu gihugu bifuzaga kumubona ku rubyiniro batagize ayo mahirwe.<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko igitekerezo cyo gutaramira abo mu ntara cyakomotse ku rugendo aherutse gukora azenguruka amaradiyo y\u2019abaturage, ashimira abakunzi be ku rugendo rw\u2019imyaka 20 bafatanyije mu muziki.<\/p>\n<p>Ibi yabigarutseho ubwo yabazwaga niba ibi bitaramo byo kwizihiza imyaka amaze mu muziki byazahinduka ngarukamwaka.<\/p>\n<p>Ati &#8220;Oya, njye sinkunda kubeshya. Ariko igishoboka kirahari. Murabizi ko nazengurutse amaradiyo yo mu Ntara nshimira abafana twabanye muri iyi myaka 20 maze mu muziki. Nibaza ko nshobora kuzishimana na bo mu bundi buryo tuzatangaza mu minsi iri imbere.&#8221;<\/p>\n<p>Uretse abakunzi be bo mu ntara, King James yanararitse Abanyarwanda n\u2019abakunzi b\u2019umuziki batuye mu mahanga, abasaba kuzitabira ibitaramo ateganya kuhakorera.<\/p>\n<p>Yatangaje ko igitaramo cya mbere kizabera mu Bubiligi ku wa 22 Kanama 2026, ariko yongeraho ko mu gihe azaba ari i Burayi hari n\u2019ibindi bikorwa ateganya bizatangazwa mu minsi iri imbere.<\/p>\n<p>King James yavuze kandi ko ateganya no gutaramira abakunzi be batuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada, mu gihe hagikomeje kurebwa uburyo yakorera ibitaramo no mu bihugu bitandukanye byo ku Mugabane wa Afurika.<\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\" width=\"100%\" height=\"560\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/sCb_30hXyds\" title=\" King James twaganiriye&#128293;||Ashimiye abafana ageze ku mubyeyi we witabiriye ibitaramo bye biramurenga&#128591;\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture; web-share\" referrerpolicy=\"strict-origin-when-cross-origin\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<figure class=\"spip-document spip-document-969610 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/mw0a7571-3.jpg\" alt=\"Nyuma y\u2019amateka yanditse muri BK Arena, King James yararitse abo mu Ntara n\u2019abo muri Diaspora\" \/><figcaption>Nyuma y\u2019amateka yanditse muri BK Arena, King James yararitse abo mu Ntara n\u2019abo muri Diaspora<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>King James yatangaje ko nyuma y\u2019ibitaramo bibiri by\u2019amateka yakoreye muri BK Arena, ari gutekereza uko yakwerekeza mu Ntara zitandukanye z\u2019u Rwanda gutaramira abakunzi be batabonye amahirwe yo kwitabira ibitaramo yakoreye i Kigali.<\/p>\n","protected":false},"author":3176,"featured_media":2000969609,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9114],"tags":[16770,17166],"byline":[15581],"hashtag":[],"class_list":["post-253729","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imyidagaduro","tag-homenews","tag-mot-showbiz","byline-nsengiyumva-emmy"],"bylines":[{"id":15581,"name":"Nsengiyumva Emmy","slug":"nsengiyumva-emmy","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3176}],"contributors":[{"id":15581,"name":"Nsengiyumva Emmy","slug":"nsengiyumva-emmy","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3176}],"featured_image":{"id":2000969609,"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/mw0a7539.jpg","alt":"","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","width":0,"height":0,"sizes":{"thumbnail":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/mw0a7539.jpg","width":1,"height":1},"medium":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/mw0a7539.jpg","width":1,"height":1},"medium_large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/mw0a7539.jpg","width":1,"height":1},"large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/mw0a7539.jpg","width":1,"height":1},"full":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/mw0a7539.jpg","width":0,"height":0}}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253729","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3176"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=253729"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253729\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2000969609"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=253729"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=253729"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=253729"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=253729"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=253729"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}