{"id":253723,"date":"2026-08-03T10:34:16","date_gmt":"2026-08-03T10:34:16","guid":{"rendered":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/spider-man-yanditse-amateka-muri-sinema\/"},"modified":"2026-08-03T12:13:33","modified_gmt":"2026-08-03T12:13:33","slug":"spider-man-yanditse-amateka-muri-sinema","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/spider-man-yanditse-amateka-muri-sinema\/","title":{"rendered":"Spider-Man yanditse amateka muri sinema"},"content":{"rendered":"<p>Iyi filime nshya yinjije miliyoni 927 z\u2019Amadolari ya Amerika mu cyumweru cya mbere imuritswe. Isanzwe ku mwanya wa mbere mu kwinjiza agatubutse mu cyumweru cyayo mbere imuritswe ni iyitwa \u2018Avengers: Endgame\u2019 yinjije miliyari 1,22$ ubwo yamurikwaga mu 2019.<\/p>\n<p>Spider-Man: Brand New Day ni filime yamuritswe muri iki cyumweru ikaba yarakinwemo n\u2019ab\u2019amazina akomeye muri sinema. Abo barimo Zendaya na Tom Holland basanzwe bakundana, Sadie Sink, Krondon, Jacob Batalon, John Berthal, Micheal Mando, n\u2019abandi. Iyi filime kandi imara amasaha abiri n\u2019iminota 25.<\/p>\n<p>Ibaye filime ya kane ikinwemo na Tom Holland, zose uko ari enye zikaba ziri imbere mu kwinjiza menshi mu minsi ya mbere zimuritswe, ibimugira uwambere wakinnye mu zirenze eshatu zikinjiza amafaranga menshi Isi. Iyi nshya yaninjije miliyoni 335$ muri Amerika y\u2019Amajyaruguru, aho ikomoka.<\/p>\n<p>Filime za Spider-Man ziri mu zikundirwa kuba zigaragaramo imirwano n\u2019ibikorwa by\u2019intambara by\u2019umwihariko zigakundwa n\u2019abakiri bato mu myaka kuko ari bo benshi batuye Isi.<\/p>\n<p>Iyi filime yakorewe muri studio yitwa Marvel ku bufatanye na Pascal Pictures na Columbia Pictures. Yatunganyijwe n\u2019abarimo Louis D\u2019Esposito na Davis Cain.<\/p>\n<p>Ku mwanya wa gatatu mu zinjije menshi mu cyumweru cya mbere zimuritswe hari Spider-Man: No Way Home, ikurikiwe na Avengers: Infinity War, Star Wars: The Force Awekens, Star Wars: The Last Jedi na Deadpool &#038; Wolverine. Iya munani ni Jurrasic World ikurikiwe na The Avengers mu gihe iya cumi ari Black Panther.<\/p>\n<figure class=\"spip-document spip-document-969597 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/spider-man_brand_new_day_yanditse_amateka_mashya_muri_sinema.jpg\" alt=\"Spider-Man Brand New Day yanditse amateka mashya muri sinema\" \/><figcaption>Spider-Man Brand New Day yanditse amateka mashya muri sinema<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Filime y\u2019uruhererekane ya Spider-Man yaciye agahigo by\u2019umwihariko igice cyayo cya \u2018Spider-Man: Brand New Day\u2019 cyabaye filime ya kabiri yinjije agatubutse ku Isi, mu cyumweru cyayo cya mbere imuritswe.<\/p>\n","protected":false},"author":3496,"featured_media":2000969596,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9140],"tags":[16770],"byline":[16233],"hashtag":[],"class_list":["post-253723","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-sinema","tag-homenews","byline-gilbert-ukwizagira"],"bylines":[{"id":16233,"name":"Gilbert Ukwizagira","slug":"gilbert-ukwizagira","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3496}],"contributors":[{"id":16233,"name":"Gilbert Ukwizagira","slug":"gilbert-ukwizagira","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3496}],"featured_image":{"id":2000969596,"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/spider-man_brand_new_day_yanditse_amateka_mashya_muri_sinema.jpg","alt":"","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","width":0,"height":0,"sizes":{"thumbnail":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/spider-man_brand_new_day_yanditse_amateka_mashya_muri_sinema.jpg","width":1,"height":1},"medium":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/spider-man_brand_new_day_yanditse_amateka_mashya_muri_sinema.jpg","width":1,"height":1},"medium_large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/spider-man_brand_new_day_yanditse_amateka_mashya_muri_sinema.jpg","width":1,"height":1},"large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/spider-man_brand_new_day_yanditse_amateka_mashya_muri_sinema.jpg","width":1,"height":1},"full":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/spider-man_brand_new_day_yanditse_amateka_mashya_muri_sinema.jpg","width":0,"height":0}}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253723","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3496"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=253723"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253723\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2000969596"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=253723"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=253723"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=253723"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=253723"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=253723"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}