{"id":253722,"date":"2026-08-03T11:29:47","date_gmt":"2026-08-03T11:29:47","guid":{"rendered":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/pays-de-galles-yitandukanyije-na-kandidatire-ya-infantino-mu-mator-ya-fifa\/"},"modified":"2026-08-03T11:29:41","modified_gmt":"2026-08-03T11:29:41","slug":"pays-de-galles-yitandukanyije-na-kandidatire-ya-infantino-mu-mator-ya-fifa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/pays-de-galles-yitandukanyije-na-kandidatire-ya-infantino-mu-mator-ya-fifa\/","title":{"rendered":"Pays de Galles yiteye umugongo kandidatire ya Infantino mu matora ya FIFA"},"content":{"rendered":"<p>Muri Werurwe 2027, ni bwo hateganyijwe Inteko Rusange ya FIFA izaberamo amatora ya Komite Nyobozi yayo, izayobora iri shyirahamwe kuva mu 2027 kugeza mu 2031.<\/p>\n<p>Gianni Infantino uri kuyobora FIFA kugeza ubu, ntabwo yorohewe na bamwe mu banyamuryango bayo bagaragaza ibibazo mu miyoborere ye no guca amarenga ko batazamushyigikira mu matora naramuka atisubiyeho.<\/p>\n<p>Mu itangazo ryashyizwe hanze na FAW, Pays de Galles yemeje ko itazashyigikira uyu mugabo mu matora ataha, kuko muri manda iheruka yananiwe gukorana na bagenzi be bafatanyije kuyobora, gufata ibyemezo bye bwite atagishije inama no kwirengagiza amategeko agenga umupira w\u2019amaguru.<\/p>\n<p>Biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere, Ishyirahamwe rya Ruhago mu Bwongereza (FA), na ryo riza gutangaza ko ritazamushyigikira.<\/p>\n<p>Gianni Infantino aherutse gutangaza ko Igikombe cy\u2019Isi n\u2019andi marushanwa ategurwa na FIFA, agiye kwegurirwa abashoramari bigenga kugira ngo umupira w\u2019amaguru urusheho kwinjiza amafaranga menshi, mu mushinga wari kuvamo arenga miliyari 20 y\u2019Amadorali.<\/p>\n<p>Ni icyemezo kitakiriwe neza kugeza ubwo Ishyirahamwe rya Ruhago i Burayi (UEFA) n\u2019Ishyirahamwe rya Ruhago muri Amerika y\u2019Amajyepfo n\u2019iyo Hagati (CONCACAF) bigaragaje ko byitandukanyije na we, ndetse bigaragaza ko akwiriye kwegura kuri uwo mwanya.<\/p>\n<p>Gianni Infantino uri kuyobora FIFA kuva mu 2016, yisubiyeho ku cyemezo yari yafashe, atangaza ko ahagaritse uyu mushinga wateje impaka wo kugurisha imigabane mu marushanwa akomeye.<\/p>\n<figure class=\"spip-document spip-document-969594 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/dm_260801_com_soc_analysis_will_infantino_survive_as_fifa_president_after_sell-off_u-turn_2026_1_8.jpg\" alt=\"Pays de Galles ntizashyigikira Gianni Infantino mu matora ataha ya FIFA\" \/><figcaption>Pays de Galles ntizashyigikira Gianni Infantino mu matora ataha ya FIFA<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ishyirahamwa ry\u2019Umupira w\u2019Amaguru muri Pays de Galles (FAW), ryabaye irya mbere ryeruye rikagaragaza ko ritazashyigikira Gianni Infantino mu matora ataha y\u2019Ishyirahamwe ry\u2019Umupira w\u2019Amaguru ku Isi (FIFA).<\/p>\n","protected":false},"author":3353,"featured_media":2000969595,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9143],"tags":[16770,17170],"byline":[15739],"hashtag":[],"class_list":["post-253722","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-football","tag-homenews","tag-mot-sports","byline-iradukunda-olivier"],"bylines":[{"id":15739,"name":"Iradukunda Olivier","slug":"iradukunda-olivier","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3353}],"contributors":[{"id":15739,"name":"Iradukunda Olivier","slug":"iradukunda-olivier","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3353}],"featured_image":{"id":2000969595,"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/dm_260801_com_soc_analysis_will_infantino_survive_as_fifa_president_after_sell-off_u-turn_2026_1_8.jpg","alt":"","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","width":0,"height":0,"sizes":{"thumbnail":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/dm_260801_com_soc_analysis_will_infantino_survive_as_fifa_president_after_sell-off_u-turn_2026_1_8.jpg","width":1,"height":1},"medium":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/dm_260801_com_soc_analysis_will_infantino_survive_as_fifa_president_after_sell-off_u-turn_2026_1_8.jpg","width":1,"height":1},"medium_large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/dm_260801_com_soc_analysis_will_infantino_survive_as_fifa_president_after_sell-off_u-turn_2026_1_8.jpg","width":1,"height":1},"large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/dm_260801_com_soc_analysis_will_infantino_survive_as_fifa_president_after_sell-off_u-turn_2026_1_8.jpg","width":1,"height":1},"full":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/dm_260801_com_soc_analysis_will_infantino_survive_as_fifa_president_after_sell-off_u-turn_2026_1_8.jpg","width":0,"height":0}}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253722","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3353"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=253722"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253722\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2000969595"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=253722"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=253722"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=253722"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=253722"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=253722"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}