{"id":253719,"date":"2026-08-03T10:14:47","date_gmt":"2026-08-03T10:14:47","guid":{"rendered":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/rwakuyemo-umudali-umwe-uko-u-rwanda-rwitwaye-mu-mikino-ya-commonwealth\/"},"modified":"2026-08-03T10:13:42","modified_gmt":"2026-08-03T10:13:42","slug":"rwakuyemo-umudali-umwe-uko-u-rwanda-rwitwaye-mu-mikino-ya-commonwealth","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/rwakuyemo-umudali-umwe-uko-u-rwanda-rwitwaye-mu-mikino-ya-commonwealth\/","title":{"rendered":"Rwakuyemo umudali umwe! Uko u Rwanda rwitwaye mu Mikino ya Commonwealth"},"content":{"rendered":"<p>Ku Cyumweru, tariki ya 2 Kanama 2026, ni bwo iyi mikino yosojwe gukinwa, aho yarimo ibera mu Mujyi wa Glasgow muri \u00c9cosse, iri guhuza ibihugu 74 n\u2019abakinnyi 2729 mu mikino 10.<\/p>\n<p>Mu bagore basiganwa metero 10.000, Niyonkuru Florence yegukanye umwanya wa gatatu ahabwa umudali w\u2019Umuringa, ari na wo mwanya mwiza u Rwanda rwabonye muri iyi mikino.<\/p>\n<p>Mu bagore basignwa metero 500, Emeline Imanizabayo, yasoreje ku mwanya wa cyenda mu bakinnyi 21 bitabiriye. Iribagiza Honorine, Umutesiwase Magnifique na Uwitonze Claire na bo ntibitwaye neza mu byiciro byabo byo gusiganwa metero 200, 400, 800 na 5000.<\/p>\n<p>Ni mu gihe mu bagore basiganwa metero 100 bafite ubumuga, Clementine Uwiduhaye yabaye uwa munani.<\/p>\n<p>Mu mukino wa Judo, Alban Bouvet wahagarariye u Rwanda yatsindiwe muri \u215b, asezerewe na Joshua Katz wagarukiye ku mukino wa nyuma yegukana umudali wa Feza muri iyi mikino. <\/p>\n<p>Muri siporo yo koga, u Rwanda rwahagarariwe na Ntwali Jayden, Murenzi Sheja Kean na Echessah Axela Marta, barushanwa mu koga metero 50, 100 na 200 (mu gukura umusomyo), metero 50 (Bunyugunyugu), metero 50 na 100 (Ngarama) na metero 50 (Makeri). Nta n\u2019umwe wabonye umudali.<\/p>\n<p>Australia ni yo yitwaye neza muri iyi mikino kurenza ibindi bihugu, aho yatahanye imidali 171 irimo 70 ya Zahabu, 45 ya Feza na 56 y\u2019Umuringa, ikurikirwa n\u2019u Bwongereza bwakuyemo imidali 110. <\/p>\n<figure class=\"spip-document spip-document-969586 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/echessah_axela_marita.jpg\" alt=\"Echessah Axela Marita yahatanye mu gusiganwa koga\" \/><figcaption>Echessah Axela Marita yahatanye mu gusiganwa koga<\/figcaption><\/figure>\n<figure class=\"spip-document spip-document-969587 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/hojqdmnwuaa-i1v.jpg\" alt=\"Echessah Axela Marita ntiyitwaye neza mu marushanwa yo koga\" \/><figcaption>Echessah Axela Marita ntiyitwaye neza mu marushanwa yo koga<\/figcaption><\/figure>\n<figure class=\"spip-document spip-document-969589 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/hoq4fu2woaab2-w_1_.jpg\" alt=\"U Rwanda rwgerageje kwitwara neza mu gusiganwa ku maguru\" \/><figcaption>U Rwanda rwgerageje kwitwara neza mu gusiganwa ku maguru<\/figcaption><\/figure>\n<figure class=\"spip-document spip-document-969588 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/hoq4grmwkaaghp3_1_.jpg\" alt=\"Abahagarariye u Rwanda mu Mikino ya Commonwealth batahanye umudali umwe\" \/><figcaption>Abahagarariye u Rwanda mu Mikino ya Commonwealth batahanye umudali umwe<\/figcaption><\/figure>\n<figure class=\"spip-document spip-document-969590 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/hoq4eovxeaebofr_1_.jpg\" alt=\"Niyonkuru Florence yahesheje ishema u Rwanda mu Mikino ya Commonwealth\" \/><figcaption>Niyonkuru Florence yahesheje ishema u Rwanda mu Mikino ya Commonwealth<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imikino ya Commonwealth ihuza abakinnyi bo mu bihugu bihuriye muri uyu muryango w\u2019ibikoresha Icyongereza ryashyizweho akadomo, riziga u Rwanda rwari ruhagarariwe n\u2019abakinnyi 10 rutahanye umudali umwe w\u2019Umuringa wegukanywe na Niyonkuru Florence usiganwa ku maguru.<\/p>\n","protected":false},"author":3353,"featured_media":2000969591,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9143],"tags":[16770,17170],"byline":[15739],"hashtag":[],"class_list":["post-253719","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-football","tag-homenews","tag-mot-sports","byline-iradukunda-olivier"],"bylines":[{"id":15739,"name":"Iradukunda Olivier","slug":"iradukunda-olivier","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3353}],"contributors":[{"id":15739,"name":"Iradukunda Olivier","slug":"iradukunda-olivier","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3353}],"featured_image":{"id":2000969591,"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/hoq4eovxeaebofr_1_.jpg","alt":"","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","width":0,"height":0,"sizes":{"thumbnail":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/hoq4eovxeaebofr_1_.jpg","width":1,"height":1},"medium":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/hoq4eovxeaebofr_1_.jpg","width":1,"height":1},"medium_large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/hoq4eovxeaebofr_1_.jpg","width":1,"height":1},"large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/hoq4eovxeaebofr_1_.jpg","width":1,"height":1},"full":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/hoq4eovxeaebofr_1_.jpg","width":0,"height":0}}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253719","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3353"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=253719"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253719\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2000969591"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=253719"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=253719"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=253719"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=253719"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=253719"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}