Randall ni we mukinnyi wafashije u Rwanda kugera ku mateka yo kubona ikipe yarwo ya mbere yegukana BAL, nyuma y\u2019imyaka itandatu iri rushanwa rihuza amakipe meza muri Afurika ribera i Kigali.<\/p>\n
Uyu mukinnyi yongeye kugera mu Rwanda, aho yaguzwe na APR BBC kugira ngo azayifashe mu Mikino ya Kamarampaka muri Shampiyona ya Basketball ya 2025\/26.<\/p>\n
Mu myitozo ya bagenzi be, uyu mukinnyi usanzwe afite \u2018tattoo\u2019 nyinshi ku mubiri we, yagaragaye yariyongereyeho izindi nshya zirimo isa n\u2019Igihembo cy\u2019Umukinnyi mwiza wa BAL 2026.<\/p>\n
Indi shusho yishyizeho ni igihembo yahawe ubwo yatorwaga nk\u2019umukinnyi mwiza akinira Long Island Nets ishamikiye kuri Brooklyn Nets yo muri NBA, ariko yo ikaba ikina muri Shampiyona yo kuzamura impano ya \u2018G-League\u2019. Igihembo yagihawe mu 2022.<\/p>\n
Uyu mukinnyi w\u2019Umunyamerika ari mu bakinnyi APR BBC izifashisha mu rugendo rwo guhatanira igikombe cya shampiyona, aho izaba ikeneye ubunararibonye bwe n\u2019ubushobozi yagaragaje ku rwego rwa Afurika.<\/p>\n
Si ubwa mbere ageze muri iyi kipe kuko yayigezemo muri Gashyantare 2026, ariko nyuma y\u2019uko itemerewe gukina BAL 2026, yerekeza muri RSSB Tigers yayisimbuye.<\/p>\n
Kuri ubu, APR BBC ikomeje kwitegura imikino ya Play-offs izatangira ku wa 5 Kanama, aho izaba ihanganye n\u2019andi makipe ashaka kwegukana igikombe cya Shampiyona y\u2019u Rwanda ya Basketball.<\/p>\n Umunyamerika Craig Randall wafashije RSSB Tigers BBC kwegukana Igikombe cya Basketball Africa League (BAL 2026), yishyiziho \u2018tattoo\u2019 y\u2019igihembo yahawe cy\u2019umukinnyi mwiza w\u2019iri rushanwa.<\/p>\n","protected":false},"author":3353,"featured_media":2000969241,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9145],"tags":[16770,17170],"byline":[15739],"hashtag":[],"class_list":["post-253701","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-basketball","tag-homenews","tag-mot-sports","byline-iradukunda-olivier"],"bylines":[{"id":15739,"name":"Iradukunda Olivier","slug":"iradukunda-olivier","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3353}],"contributors":[{"id":15739,"name":"Iradukunda Olivier","slug":"iradukunda-olivier","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3353}],"featured_image":{"id":2000969241,"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/whatsapp_image_2026-08-02_at_16.18_12.jpg","alt":"","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","width":0,"height":0,"sizes":{"thumbnail":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/whatsapp_image_2026-08-02_at_16.18_12.jpg","width":1,"height":1},"medium":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/whatsapp_image_2026-08-02_at_16.18_12.jpg","width":1,"height":1},"medium_large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/whatsapp_image_2026-08-02_at_16.18_12.jpg","width":1,"height":1},"large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/whatsapp_image_2026-08-02_at_16.18_12.jpg","width":1,"height":1},"full":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/whatsapp_image_2026-08-02_at_16.18_12.jpg","width":0,"height":0}}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253701","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3353"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=253701"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253701\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2000969241"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=253701"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=253701"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=253701"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=253701"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=253701"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}


