Agrishow yo mu 2026 yitabiriwe n\u2019abamurika barenga 600, barimo abahinzi n\u2019aborozi ku giti cyabo, ibigo, amakoperative n\u2019amatsinda akora mu nzego zitandukanye z\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi.<\/p>\n
Minisitiri w\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi, Dr Telesphore Ndabamenye, yashimiye abafatanyabikorwa batandukanye barimo Equity Bank Rwanda, ku ruhare bagize mu gutuma iri murikabikorwa rigenda neza no mu guteza imbere urwego rw\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi.<\/p>\n
Ati \u201cMfashe umwanya ngo nshimire abafatanyabikorwa bateye inkunga iri murikabikorwa mu buryo butandukanye, haba mu gutanga amafaranga, ubumenyi n\u2019ibindi byagize uruhare mu gutuma rigenda neza.\u201d<\/p>\n
Umukozi ushinzwe Ishami ry\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi muri Equity Bank Rwanda, Uwineza Marie Claire, yavuze ko iki gihembo gishimangira uruhare rwa banki mu guteza imbere uru rwego.<\/p>\n
Ati \u201cTwishimiye cyane kuba twabonye iki gihembo, kuko kije gushimangira ibikorwa dukora bigamije guteza imbere ubuhinzi n\u2019ubworozi.\u201d<\/p>\n
Muri iri murikabikorwa, Equity Bank Rwanda yanahaye Secula Ltd igihembo cya miliyoni 4 Frw. Iki kigo gikorera mu Murenge wa Mukamira, mu Karere ka Nyabihu, mu Ntara y\u2019Amajyaruguru, gitunganya inanasi kikazikoramo imitobe na divayi.<\/p>\n
Secula Ltd yabaye iya kabiri mu cyiciro cy\u2019imishinga iyobowe n\u2019urubyiruko n\u2019abagore yahize indi muri Agrishow 2026.<\/p>\n
Nshimiyimana Joseph, ushinzwe ibikorwa by\u2019ubucuruzi n\u2019iyamamazabikorwa muri Secula Ltd, yavuze ko amafaranga bahawe azabafasha kwagura ibikorwa no gukemura ikibazo cy\u2019aho kubika umusaruro.<\/p>\n
Ati \u201cTwajyaga tugira ikibazo cy\u2019ahantu hizewe ho kubika umusaruro wacu, kubera ko nta gishoro gihagije twari dufite. Iki gihembo kigiye kudufasha gukemura icyo kibazo n\u2019ibindi dukunze guhura na byo.\u201d<\/p>\n
Yongeyeho ko bishimiye guhembwa na Equity Bank Rwanda, kuko ari na yo banki ikigo cyabo gisanzwe kibitsamo amafaranga.<\/p>\n Equity Bank Rwanda yahawe igihembo nk\u2019ikigo cy\u2019imari cyabaye umufatanyabikorwa mwiza mu Imurikabikorwa ry\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi, Agrishow 2026, ryari rimaze iminsi 10 ribera ku Mulindi mu Karere ka Gasabo.<\/p>\n","protected":false},"author":3463,"featured_media":2000969228,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9124],"tags":[16770],"byline":[17181],"hashtag":[],"class_list":["post-253698","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-rwanda","tag-homenews","byline-utuje-cedric-4"],"bylines":[{"id":17181,"name":"Utuje Cedric","slug":"utuje-cedric-4","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3463}],"contributors":[{"id":17181,"name":"Utuje Cedric","slug":"utuje-cedric-4","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3463}],"featured_image":{"id":2000969228,"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/umuyobozi_ushinzwe_ishami_ry_ubuhinzi_n_ubworozi_muri_equity_bank_rwanda_uwineza_marie_claire_niwe_washyikirijwe_igihembo_na_minisitiri_w_ubuhinzi_n_ubworozi_dr__ndabamenye_telesphore.jpg","alt":"","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","width":0,"height":0,"sizes":{"thumbnail":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/umuyobozi_ushinzwe_ishami_ry_ubuhinzi_n_ubworozi_muri_equity_bank_rwanda_uwineza_marie_claire_niwe_washyikirijwe_igihembo_na_minisitiri_w_ubuhinzi_n_ubworozi_dr__ndabamenye_telesphore.jpg","width":1,"height":1},"medium":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/umuyobozi_ushinzwe_ishami_ry_ubuhinzi_n_ubworozi_muri_equity_bank_rwanda_uwineza_marie_claire_niwe_washyikirijwe_igihembo_na_minisitiri_w_ubuhinzi_n_ubworozi_dr__ndabamenye_telesphore.jpg","width":1,"height":1},"medium_large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/umuyobozi_ushinzwe_ishami_ry_ubuhinzi_n_ubworozi_muri_equity_bank_rwanda_uwineza_marie_claire_niwe_washyikirijwe_igihembo_na_minisitiri_w_ubuhinzi_n_ubworozi_dr__ndabamenye_telesphore.jpg","width":1,"height":1},"large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/umuyobozi_ushinzwe_ishami_ry_ubuhinzi_n_ubworozi_muri_equity_bank_rwanda_uwineza_marie_claire_niwe_washyikirijwe_igihembo_na_minisitiri_w_ubuhinzi_n_ubworozi_dr__ndabamenye_telesphore.jpg","width":1,"height":1},"full":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/umuyobozi_ushinzwe_ishami_ry_ubuhinzi_n_ubworozi_muri_equity_bank_rwanda_uwineza_marie_claire_niwe_washyikirijwe_igihembo_na_minisitiri_w_ubuhinzi_n_ubworozi_dr__ndabamenye_telesphore.jpg","width":0,"height":0}}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253698","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3463"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=253698"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253698\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2000969228"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=253698"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=253698"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=253698"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=253698"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=253698"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}

