Ku wa 31 Nyakanga 2026, ni bwo Ikigo cy\u2019Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n\u2019Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyahagaritse impushya zo gutumiza mu mahanga ikinyabutabire cya \u2018ethanol\u2019 gisanzwe gikoreshwa mu kwenga izi nzoga.<\/p>\n
Uwera yabwiye RBA ko impamvu nyamukuru yo guhagarika itumizwa rya \u2018ethanol\u2019 ari uko imikoreshereze yayo mu gukora inzoga yari irimo ibibazo.<\/p>\n
Yasobanuye ko iryo hagarikwa rireba buri wese uri mu ruhererekane rw\u2019icyo gicuruzwa, kuva ku bagitumizaga mu mahanga kugeza ku bagikwirakwizaga ku bagikoresha bose, mu rwego rwo gukuraho akajagari kagaragaraga mu kugikoresha mu binyobwa.<\/p>\n
Ati \u201cBigiye gushyira kuri gahunda ibyari bimaze iminsi ari akajagari mu gukora inzoga za \u2018gin\u2019, kuko iki kinyabutabire ni cyo gikoreshwa mu gukora ziriya nzoga. Uburyo cyakoreshwaga ntabwo bwari bugikurikije amategeko cyane cyane mu nganda z\u2019abakora ibyo binyobwa.\u201d<\/p>\n
Uwera yongeyeho ko ingamba zose ziri gufatwa mu bijyanye no gutegura ibinyobwa zijyanye no kurengera ubuzima bw\u2019abaturage kuko iyo ingaruka z\u2019ibinyobwa bitemewe zibagezeho, guhangana na zo bigorana ndetse bakahasiga ubuzima.<\/p>\n
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rwamagana, nyuma y\u2019iki cyemezo, bavuze ko bazi neza ko icyo kinyabutabire ari cyo cyifashishwa mu kwenga zimwe mu nzoga zitujuje ubuziranenge, bityo ko guhagarika itumizwa ryacyo basanga ari byiza ku buzima.<\/p>\n
Umwe yagize ati \u201cIyi ethanol mu by\u2019ukuri kuyishyira mu binyobwa ni ibintu bibi kuko hari bamwe bayinyoye barahuma, abandi bakanangirika inyama zo mu nda nk\u2019umwijima. Natwe tugiye gushyiraho umwete mu kwirinda kunywa ibintu tutazi uko byateguwe kuko biri kugenda bigira ingaruka mbi natwe zikatugeraho.\u201d<\/p>\n
Uwitwa Muzatsinda Jean d\u2019Amour yavuze ko asanga iki cyemezo indwara zirimo ubuhumyi n\u2019izindi zitandukanye ziterwa n\u2019izo nzoga zashyizwemo ethanol mu buryo butari bwo zigomba gucika.<\/p>\n
Ihagarikwa ry\u2019itumizwa rya \u2018ethanol\u2019 rije nyuma y\u2019amabwiriza yashyizweho mu kwezi gushize agena ko abantu batunganya ibinyobwa gakondo mu buryo bw\u2019ubucuruzi no mu birori bihuza abantu benshi bazajya babikora bafite uruhushya, uretse ku gusa ibikoreswa mu ngo.<\/p>\n
Ni amabwiriza ahanini ashingiye ku ngaruka ibi binyobwa bikomeje kugira ku Banyarwanda, aho mu mezi arindwi ashize y\u2019uyu mwaka bimaze kwica abantu 50, mu gihe abandi 100 bagihanganye n\u2019ingaruka zabyo zirimo ubuhumyi.<\/p>\n Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y\u2019u Rwanda, Uwera Jean Maurice yavuze ko impamvu hafashwe icyemezo cyo guhagarika itumizwa mu mahanga ry\u2019ikinyabutabire cya ethanol ari ukugira ngo hakemurwe akajagari kari mu kwenga inzoga zo mu bwoko bwa \u2018gin\u2019 zizwi cyane nk\u2019ibyuma.<\/p>\n","protected":false},"author":3424,"featured_media":2000969200,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[11109],"tags":[16770],"byline":[15806],"hashtag":[],"class_list":["post-253687","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-afurika-y-iburasirazuba","tag-homenews","byline-leonidas-muhire"],"bylines":[{"id":15806,"name":"L\u00e9onidas Muhire","slug":"leonidas-muhire","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3424}],"contributors":[{"id":15806,"name":"L\u00e9onidas Muhire","slug":"leonidas-muhire","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":3424}],"featured_image":{"id":2000969200,"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/umuvugizi_wungirije_wa_guverinoma_uwera_jean_maurice_yavuze_ko_gutumiza_ethanol_byahagaritswe_kuko_byari_bimaze_iminsi_hari_akajagari_mu_gukora_inzoga_za_gin_.jpg","alt":"","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","width":0,"height":0,"sizes":{"thumbnail":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/umuvugizi_wungirije_wa_guverinoma_uwera_jean_maurice_yavuze_ko_gutumiza_ethanol_byahagaritswe_kuko_byari_bimaze_iminsi_hari_akajagari_mu_gukora_inzoga_za_gin_.jpg","width":1,"height":1},"medium":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/umuvugizi_wungirije_wa_guverinoma_uwera_jean_maurice_yavuze_ko_gutumiza_ethanol_byahagaritswe_kuko_byari_bimaze_iminsi_hari_akajagari_mu_gukora_inzoga_za_gin_.jpg","width":1,"height":1},"medium_large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/umuvugizi_wungirije_wa_guverinoma_uwera_jean_maurice_yavuze_ko_gutumiza_ethanol_byahagaritswe_kuko_byari_bimaze_iminsi_hari_akajagari_mu_gukora_inzoga_za_gin_.jpg","width":1,"height":1},"large":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/umuvugizi_wungirije_wa_guverinoma_uwera_jean_maurice_yavuze_ko_gutumiza_ethanol_byahagaritswe_kuko_byari_bimaze_iminsi_hari_akajagari_mu_gukora_inzoga_za_gin_.jpg","width":1,"height":1},"full":{"url":"https:\/\/igihe.com\/IMG\/logo\/umuvugizi_wungirije_wa_guverinoma_uwera_jean_maurice_yavuze_ko_gutumiza_ethanol_byahagaritswe_kuko_byari_bimaze_iminsi_hari_akajagari_mu_gukora_inzoga_za_gin_.jpg","width":0,"height":0}}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253687","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3424"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=253687"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/253687\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2000969200"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=253687"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=253687"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=253687"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=253687"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=253687"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}