{Mu mpanuka y\u2019ubwato yaraye ibereye muri Kenya, imibiri igera ku munani y\u2019abantu bitabye Imana niyo imaze kuboneka muri 40 barohamye 12 bakaba babashije kuyirokoka; hakaba hakomeje ibikorwa byo gushaka abandi baburiwe irengero.}<\/p>\n
Nk\u2019uko bitangazwa na Polisi ya Kenya, iyi mpanuka y\u2019ubwato yabereye mu kirwa cya Lamu cyo muri Kenya, gikorerwaho ubukerarugendo.
\nAbarokotse bavuga ko bageraga kuri 40 bose hamwe mu bwato ubwo bakoraga akagendo gato bava ku kirwa cya Lamu bagana ku mwaro wa Mombasa, mu mazi hagateramo umuraba ubwato bukarohama.<\/p>\n
Nk\u2019uko ibiro ntaramakuru by\u2019Abafaransa (AFP) byabitangaje, Aggrey Adoli, Umuyobozi wa Polisi mu gace icyo kirwa giherereyemo, yavuze ko ubu bakiri gushaka abandi ngo barebe ko hari ababa barokotse iyo mpanuka.<\/p>\n
Adoli akaba yagize ati: \u201cTwagerageje gukura mu mazi imibiri igera ku munani gusa kugeza kuri ubu, kandi turacyakomeza gushakisha uyu munsi, dukeka ko turi bubone n\u2019abandi.\u201d<\/p>\n
Adoli yongeyeho ati: \u201cTurakeka ko hari ababashije koga bakagera ku nkombe, wenda bakaba bakomeje urugendo rwabo bari mu modoka zitwara abagenzi ariko kuko nta rutonde rwemewe ruba rwakozwe rw\u2019abagenzi bajya mu mato nk\u2019aya ngaya, turakomeza dushakishe.\u201d<\/p>\n
Ikirwa cya Lamu kikaba kimenyereweho kuba ahantu hakunze kuberamo ibirori by\u2019itangira ry\u2019umwaka mushya, birimo no gusiganwa mu mato.<\/p>\n
Ikirwa kikaba cyari cyakubise cyuzuye ba mukerarugendo mu birori byo gutangira uyu mwaka wa 2012.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"
{Mu mpanuka y\u2019ubwato yaraye ibereye muri Kenya, imibiri igera ku munani y\u2019abantu bitabye Imana niyo imaze kuboneka muri 40 barohamye 12 bakaba babashije kuyirokoka; hakaba hakomeje ibikorwa byo gushaka abandi baburiwe irengero.} Nk\u2019uko bitangazwa na Polisi ya Kenya, iyi mpanuka y\u2019ubwato yabereye mu kirwa cya Lamu cyo muri Kenya, gikorerwaho ubukerarugendo. Abarokotse bavuga ko bageraga […]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9125],"tags":[16770],"byline":[13332],"hashtag":[],"class_list":["post-19691","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-muri-afurika","tag-homenews","byline-fiacre-igihozo"],"bylines":[{"id":13332,"name":"Fiacre IGIHOZO","slug":"fiacre-igihozo","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":2948}],"contributors":[{"id":13332,"name":"Fiacre IGIHOZO","slug":"fiacre-igihozo","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":2948}],"featured_image":null,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19691","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19691"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19691\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19691"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19691"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19691"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=19691"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=19691"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}