{"id":19681,"date":"2012-01-02T12:24:03","date_gmt":"2012-01-02T12:24:03","guid":{"rendered":"https:\/\/old.igihe.com\/rabagirana-worship-band-yateguye-igitaramo-cyo-gutangiza-umwaka-wa-2012\/"},"modified":"2012-01-02T12:22:26","modified_gmt":"2012-01-02T12:22:26","slug":"rabagirana-worship-band-yateguye-igitaramo-cyo-gutangiza-umwaka-wa-2012","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/rabagirana-worship-band-yateguye-igitaramo-cyo-gutangiza-umwaka-wa-2012\/","title":{"rendered":"Rabagirana Worship Band yateguye igitaramo cyo gutangiza umwaka wa 2012"},"content":{"rendered":"<p>{Rabagirana Worship Band ni itsinda ry\u2019urubyiruko ruva mu masengero atandukanye yo mujyi wa Kigali, aho bakora kuramya no guhimbaza hamwe n\u2019ibikorwa by\u2019urukundo basura abarwayi n\u2019abatishoboye, bakabafasha, bakababwiriza ubutumwa bwiza bwa Kristo. } <\/p>\n<p>Nk&#8217;uko twabitangarije n\u2019umuyobozi wabo David Habimana, bateguye igitaramo cyo kuramya Imana no kuyihimbaza aho abantu bazatangira uyu mwaka baramya Imana, baragiza Imana uyu mwaka wa 2012, aho Rabagirana Band igira iti &#8221; kuba turangije uyu mwaka ntabwo ari ku bw\u2019imbaraga zacu.&#8221;<\/p>\n<p>Muri iki gitaramo bazaba bari kumwe n\u2019itsinda  Beauty for Ashes riyobora kuramya no guhimbaza ryamenyekenye mu ndirimbo yitwa \u201cSiriprize\u201d, bari kumwe na Hindurwa Band n\u2019abandi benshi\u2026<\/p>\n<figure class=\"spip-document spip-document-11307 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/Hindurwa_Band.jpg\" alt=\"Hindurwa Band\" \/><\/figure>\n<p>Ni ku Cyumweru tariki ya 8\/1\/2012, ku rusengero rwa New Life Bible Church Kicukiro mu Kagarama. Bizatangira saa munani n\u2019igice (14h30\/2.30pm). Icyanditswe muri Bibiriya bashingiyeho ni Yesaya 60:1, kandi ngo bazasengera n&#8217;abanyeshuri bose bazasubira mu mashuri.<\/p>\n<figure class=\"spip-document spip-document-11308 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/png\/Pictu.png\" alt=\"\" \/><\/figure>\n<figure class=\"spip-document spip-document-11309 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/png\/Picture2.png\" alt=\"\" \/><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>{Rabagirana Worship Band ni itsinda ry\u2019urubyiruko ruva mu masengero atandukanye yo mujyi wa Kigali, aho bakora kuramya no guhimbaza hamwe n\u2019ibikorwa by\u2019urukundo basura abarwayi n\u2019abatishoboye, bakabafasha, bakababwiriza ubutumwa bwiza bwa Kristo. } Nk&#8217;uko twabitangarije n\u2019umuyobozi wabo David Habimana, bateguye igitaramo cyo kuramya Imana no kuyihimbaza aho abantu bazatangira uyu mwaka baramya Imana, baragiza Imana uyu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9163],"tags":[16770],"byline":[11183],"hashtag":[],"class_list":["post-19681","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ibiterane","tag-homenews","byline-patrick-kanyamibwa"],"bylines":[{"id":11183,"name":"Patrick Kanyamibwa","slug":"patrick-kanyamibwa","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"contributors":[{"id":11183,"name":"Patrick Kanyamibwa","slug":"patrick-kanyamibwa","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"featured_image":null,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19681","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19681"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19681\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19681"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19681"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19681"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=19681"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=19681"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}