{"id":19676,"date":"2012-01-02T11:09:39","date_gmt":"2012-01-02T11:09:39","guid":{"rendered":"https:\/\/old.igihe.com\/igitabo-cy-ibyagezeho-n-u-rwanda-nyuma-ya-jenoside-kigiye-kumurikwa-ku-mugaragaro\/"},"modified":"2012-01-02T11:06:56","modified_gmt":"2012-01-02T11:06:56","slug":"igitabo-cy-ibyagezeho-n-u-rwanda-nyuma-ya-jenoside-kigiye-kumurikwa-ku-mugaragaro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/igitabo-cy-ibyagezeho-n-u-rwanda-nyuma-ya-jenoside-kigiye-kumurikwa-ku-mugaragaro\/","title":{"rendered":"Igitabo cy\u2019ibyagezeho n&#8217;u Rwanda nyuma ya Jenoside kigiye kumurikwa ku mugaragaro"},"content":{"rendered":"<p>{Kuwa 26 Gashyantare 2012,  biteganyijwe ko igihugu cy\u2019u Rwanda kizashyira ahagaragara igitabo gishya cyerekana ibyo rwagezeho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu w\u20191994.}<\/p>\n<p>Iki gitabo cyiswe \u2018This is Your Time, Rwanda\u2026Genocide is over, we have overcome\u2019 kibanze abanini ku iterambere ry\u2019ubukungu  bw\u2019igihugu cyanditswe n\u2019umunyamategeko mpuzamahanga witwa Mbabazi Justine.<br \/>\nMbabazi avuga ko iki gitabo kivuga ku iterambere ry\u2019Abanyarwanda muri rusange, cyane cyane iry\u2019abagore.<\/p>\n<p>Agira ati:\u2019\u2019 kugeza ubu u Rwanda ruza mu bihugu bya mbere usanga abagore bahagarariwe mu nzego zose harimo n\u2019izifata ibyemezo\u201d.<\/p>\n<p>Mbabazi kandi avuga ko  indi ntambwe abagore bateye ari uko basigaye bafite imyanya mu nteko ishinga amategeko.  Akomeza avuga ko u Rwanda  ruri mu bihugu bya mbere byitaye mu myigire y\u2019umwana w\u2019umukobwa, aho abana b\u2019Abanyarwanda bigishwa ikoranabuhanga binyujwijwe muri gahunda yo kugeza mudasobwa kuri buri mwana ( One Laptop per Child).<\/p>\n<p>Mu gitabo cye kandi avuga ko u Rwanda rutakigaragaramo  icuraburindi rya Jenoside ahubwo ko rurimo kurangwa n\u2019ibikorwa bitandukanye by\u2019iterambere biva mu gushishikariza abaturage kwiyubakira igihugu, nk\u2019uko The New Times dukesha iyi nkuru kibitangaza.<\/p>\n<p>Muri iki gitabo kandi agaragaza ko igihugu cy\u2019u Rwanda cyakoze ibishoboka byose kigashishikariza urubyiruko kwihangira imirimo mu rwego rwo kubafasha kwiteza imbere.<\/p>\n<p>Ahanini iki gitabo kigaragaza ibibazo bikomeye igihugu cy\u2019u Rwanda cyanyuzemo, uburyo cyabashije kwiyubaka, akaba avuga ko hari icyizere cy\u2019ejo hazaza cyizatuma abagituye biyibagiza ibyabaye bakareba imbere bityo ubuzima bwabo bukarushaho kugenda neza.  <\/p>\n<p>{ {Hejuru ku ifoto: Justine Mbabazi  }     <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>{Kuwa 26 Gashyantare 2012, biteganyijwe ko igihugu cy\u2019u Rwanda kizashyira ahagaragara igitabo gishya cyerekana ibyo rwagezeho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu w\u20191994.} Iki gitabo cyiswe \u2018This is Your Time, Rwanda\u2026Genocide is over, we have overcome\u2019 kibanze abanini ku iterambere ry\u2019ubukungu bw\u2019igihugu cyanditswe n\u2019umunyamategeko mpuzamahanga witwa Mbabazi Justine. Mbabazi avuga ko iki gitabo kivuga ku [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9133],"tags":[16770],"byline":[12900],"hashtag":[],"class_list":["post-19676","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iterambere","tag-homenews","byline-rachel-mukandayisenga"],"bylines":[{"id":12900,"name":"Rachel Mukandayisenga","slug":"rachel-mukandayisenga","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"contributors":[{"id":12900,"name":"Rachel Mukandayisenga","slug":"rachel-mukandayisenga","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"featured_image":null,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19676","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19676"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19676\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19676"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19676"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19676"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=19676"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=19676"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}