{"id":19672,"date":"2012-01-02T09:42:45","date_gmt":"2012-01-02T09:42:45","guid":{"rendered":"https:\/\/old.igihe.com\/abaturage-batarishyura-ubwisungane-mu-kwivuza-bashobora-kuzacikanwa\/"},"modified":"2012-01-02T09:45:53","modified_gmt":"2012-01-02T09:45:53","slug":"abaturage-batarishyura-ubwisungane-mu-kwivuza-bashobora-kuzacikanwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/abaturage-batarishyura-ubwisungane-mu-kwivuza-bashobora-kuzacikanwa\/","title":{"rendered":"Abaturage batarishyura ubwisungane mu kwivuza bashobora kuzacikanwa"},"content":{"rendered":"<p>{Minisiteri y\u2019 Ubuzima iratangaza ko abaturage bose batarangiza kugura ubwisungane mu kwivuza (mutuelle de sant\u00e9) kandi igikorwa cyo kwishyura kigomba kurangirana n\u2019ukwezi kwa Mutarama 2012.}<\/p>\n<p>Minisiteri y\u2019Ubuzima ivuga ko 80% by\u2019 abaturage ari bo bamaze kugura ubwisungane mu kwivuza mu gihe itariki ya nyuma yo kwishyuriraho ari iya 31 Mutarama 2012. Gusa ariko n&#8217;ubwo bimeze bitya, Minisiteri y\u2019Ubuzima ivuga ko iki kigero cy\u2019ubwitarire mu kugura \u201cmutuelle\u201d nshya gishimishije nk\u2019uko The New Times dukesha iyi nkuru kibitangaza.<\/p>\n<p>Minisitiri w\u201dUbuzima yagize ati:\u2019\u2019 Uko abantu bitabiriye politike nshya y\u2019ubwisungane mu kwivuza birashimishije\u201d.<\/p>\n<p>Iyi minisiteri kandi ivuga ko intego yari yihaye mu mwaka w&#8217;2011 yazigezeho ku kigero cya 90%. Bimwe mu byagezweho ni iyubakwa ry\u2019 ibikorwa remezo mu gihugu hose, guteza imbere gutanga serivisi inoze no gushyira mu bikorwa politiki nshya y\u2019ubwisungane mu kwivuza. <\/p>\n<p>Iyo minisiteri kandi itangaza ko yateye intambwe ikomeye mu kurwanya SIDA,  Malariya, kugabanya umubare w\u2019abana n\u2019ababyeyi bapfa mu gihe cyo kubyara no gukingira abana, aho bavuga ko byageze ku kigero cya 90%.<\/p>\n<p>Mu byo Minisiteri y\u2019Ubuzima igiye gushyiraho ingufu nyinshi muri uyu mwaka wa 2012 harimo kurwanya imirire mibi no gutanga serivisi zinoze n\u2019isuku.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>{Minisiteri y\u2019 Ubuzima iratangaza ko abaturage bose batarangiza kugura ubwisungane mu kwivuza (mutuelle de sant\u00e9) kandi igikorwa cyo kwishyura kigomba kurangirana n\u2019ukwezi kwa Mutarama 2012.} Minisiteri y\u2019Ubuzima ivuga ko 80% by\u2019 abaturage ari bo bamaze kugura ubwisungane mu kwivuza mu gihe itariki ya nyuma yo kwishyuriraho ari iya 31 Mutarama 2012. Gusa ariko n&#8217;ubwo bimeze [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9111],"tags":[16770],"byline":[12900],"hashtag":[],"class_list":["post-19672","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ubuzima","tag-homenews","byline-rachel-mukandayisenga"],"bylines":[{"id":12900,"name":"Rachel Mukandayisenga","slug":"rachel-mukandayisenga","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"contributors":[{"id":12900,"name":"Rachel Mukandayisenga","slug":"rachel-mukandayisenga","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"featured_image":null,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19672","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19672"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19672\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19672"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19672"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19672"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=19672"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=19672"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}