{"id":19670,"date":"2012-01-02T09:05:50","date_gmt":"2012-01-02T09:05:50","guid":{"rendered":"https:\/\/old.igihe.com\/umuhanzi-flavour-yatuye-indirimbo-abanyarwandakazi-b-amasugi\/"},"modified":"2012-01-02T13:41:29","modified_gmt":"2012-01-02T13:41:29","slug":"umuhanzi-flavour-yatuye-indirimbo-abanyarwandakazi-b-amasugi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/umuhanzi-flavour-yatuye-indirimbo-abanyarwandakazi-b-amasugi\/","title":{"rendered":"Umuhanzi Flavour yatuye indirimbo Abanyarwandakazi b\u2019amasugi"},"content":{"rendered":"<p>{Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nigeria, Chinedu Okoli uzwi cyane ku  izina rya Mr Flavour cyangwa benshi bita Sawa Sawa ubwo yataramiraga Abanyarwanda mu gitaramo cyiswe East African Party yatuye imwe mu ndirimbo ze abakobwa b\u2019Abanyarwandakazi bumva ko bakiri amasugi, ni ukuvuga abatarakora imibonano mpuzabitsina.}<\/p>\n<p>Uyu muhanzi kandi uretse gutura iyi ndirimbo ye abantu bihariye, yaranzwe cyane no kuririmba indirimbo zitandukanye za bagenzi be bo mu gihugu cya Nigeria nk\u2019itsinda rya P-Square n\u2019abandi. Ibi akabikora ariko abaza Abanyarwanda niba bari basanzwe bazi iby\u2019umuco n\u2019ibihangano bya Nigeria.<\/p>\n<p>Mr Flavour yatangaje ko yishimiye kuba yarasoreje umwaka mu Rwanda ndetse akanatangirira 2012 imbere y\u2019abafana benshi bari bitabiriye iki gitaramo.<\/p>\n<p>Uretse uyu muhanzi, Kidumu Kibido wari uturutse mu gihugu cy\u2019u Burundi ari mu bahanzi basusurukije abari bitabiriye iki gitaramo. Hari harimo kandi n\u2019abahanzi nyarwanda nka Frankie Joe na Daddy Cassanova bari baturutse muri Canada, Knowless, King James, Tom Close, Kitoko, Jay Polly, Dream Boyz, Riderman n\u2019abandi.<\/p>\n<p>{{Reba indirimbo Ashawo Remix ya Mr Flavour hano kuri IGIHE.com: }} <\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\" width=\"560\" height=\"315\" src=\"http:\/\/www.youtube.com\/embed\/y_lTHjpRkMM\" frameborder=\"0\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p>Kuba Mr Flavour yaragarutse ku magambo avuga ku gitsina bihuje n\u2019uko indirimbo Ashawo Remix (Sawa Sawa) yatumye amenyekana cyane ikemangwa mu magambo yayo kuko harimo ayo benshi mu bazi ururimi gakondo rwe bavuga ko aganisha ku gukangurira abantu ingeso z\u2019ubusambanyi, nk\u2019uko umwe mu batuye muri Nigeria yabitangarije umunyamakuru wa IGIHE.com. <\/p>\n<p>Bamwe mu bari bitabiriye iki gitaramo batangarije IGIHE.com ko uyu muhanzi n&#8217;ubwo ari we awari uw&#8217;imena atabanyuze nk&#8217;uko bari babyiteze. Bakavuga ko Kidumu (na live band ye), wamubanjirije ari we wabashimishije kurusha abandi bahanzi bose.<\/p>\n<p>{ {{Mu mafoto dore uko igitaramo cyari kimeze:}} }<\/p>\n<figure class=\"spip-document spip-document-11285 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/21-6.jpg\" alt=\"Umuhanzi Cassa (Daddy) yaje yitwaje Radio\" \/><\/figure>\n<figure class=\"spip-document spip-document-11290 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/12-10.jpg\" alt=\"Ubwo Cassa yari ari ku rubyiniro aririmbira abafana be ataherukaga\" \/><\/figure>\n<figure class=\"spip-document spip-document-11286 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/4-25.jpg\" alt=\"Itsinda Dream Boyz ririmba\" \/><\/figure>\n<figure class=\"spip-document spip-document-11288 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/24-5.jpg\" alt=\"Tom Close aririmba anawukata (inyuma ye hari Mc Tino)\" \/><\/figure>\n<figure class=\"spip-document spip-document-11287 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/5-17.jpg\" alt=\"Knowless asusurutsa abitabiriye EAP\" \/><\/figure>\n<figure class=\"spip-document spip-document-11284 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/15-6.jpg\" alt=\"Ubwo umuhanzi Mr Flavour yaturaga indirimbo ye Abanyarwandakaazi b&#039;amasugi\" \/><\/figure>\n<figure class=\"spip-document spip-document-11291 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/14-7.jpg\" alt=\"Umuhanzi Mr Flavour (wambaye ibiarango by&#039;u Rwanda) yakoreshaga imbaraga nyinshi mu miririmbire ye\" \/><\/figure>\n<p>{{Foto: }} Plaisir MUZOGERE (umuseke.com)<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>{Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nigeria, Chinedu Okoli uzwi cyane ku izina rya Mr Flavour cyangwa benshi bita Sawa Sawa ubwo yataramiraga Abanyarwanda mu gitaramo cyiswe East African Party yatuye imwe mu ndirimbo ze abakobwa b\u2019Abanyarwandakazi bumva ko bakiri amasugi, ni ukuvuga abatarakora imibonano mpuzabitsina.} Uyu muhanzi kandi uretse gutura iyi ndirimbo ye abantu bihariye, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9142],"tags":[16770],"byline":[11447],"hashtag":[],"class_list":["post-19670","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ibirori","tag-homenews","byline-richard-irakoze"],"bylines":[{"id":11447,"name":"Richard IRAKOZE","slug":"richard-irakoze","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"contributors":[{"id":11447,"name":"Richard IRAKOZE","slug":"richard-irakoze","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"featured_image":null,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19670","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19670"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19670\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19670"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19670"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19670"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=19670"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=19670"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}