{"id":19668,"date":"2012-01-02T07:59:26","date_gmt":"2012-01-02T07:59:26","guid":{"rendered":"https:\/\/old.igihe.com\/polisi-y-igihugu-irishimira-uko-umwaka-wa-2012-watangiye-mu-mutekano\/"},"modified":"2012-01-02T08:49:03","modified_gmt":"2012-01-02T08:49:03","slug":"polisi-y-igihugu-irishimira-uko-umwaka-wa-2012-watangiye-mu-mutekano","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/polisi-y-igihugu-irishimira-uko-umwaka-wa-2012-watangiye-mu-mutekano\/","title":{"rendered":"Polisi y\u2019igihugu irishimira uko umwaka wa 2012 watangiye mu mutekano"},"content":{"rendered":"<p>{Bisanzwe bizwi ko mu mpera za buri mwaka haba ibibazo bitandukanye by\u2019umutekano ariko ubu Polisi y\u2019igihugu iratangaza ko nta byaha bidasanzwe cyangwa impanuka zikanganye byabaye muri iyi minsi mikuru ugereranyije n\u2019imyaka yashize.}<\/p>\n<p>Mu bihe bya Noheli n\u2019Ubunani habaye impanuka 8 zaguyemo abantu 3, mu gihe ku munsi wa nyuma wa 2011 habaye impanuka 3 mu gihugu hose zitaguyemo umuntu. Aha bitandukanye n\u2019icyumweru cya Noheli n\u2019Ubunani cya 2010, aho abantu 3 baguye mu mpanuka 12.<\/p>\n<p>Ku byerekeye ibindi byaha, Polisi iratangaza ko hapfuye umuntu umwe azize ibikorwa by\u2019ubugizi bwa nabi, mu gihe ku itariki nk\u2019iyo mu mwaka wa 2010 hari hishwe abantu 4.<\/p>\n<p>Mu ijwi ry\u2019umuvugizi wa Polisi, Supt. Theos Badege, urwo rwego rutangaza ko kuba nta bibi byinshi byabaye byatewe n\u2019uko inzego z&#8217;umutekano zabaye maso bakongera imbaraga mu gucunga umutekano rusange n\u2019uwo mu muhanda by&#8217;umwihariko. <\/p>\n<p>Ikindi ngo ni uko ibikorwa remezo nk\u2019imihanda byiyongereye ndetse bikaba bifite n\u2019ibikenerwa byinshi ku buryo impanuka zigabanuka. <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>{Bisanzwe bizwi ko mu mpera za buri mwaka haba ibibazo bitandukanye by\u2019umutekano ariko ubu Polisi y\u2019igihugu iratangaza ko nta byaha bidasanzwe cyangwa impanuka zikanganye byabaye muri iyi minsi mikuru ugereranyije n\u2019imyaka yashize.} Mu bihe bya Noheli n\u2019Ubunani habaye impanuka 8 zaguyemo abantu 3, mu gihe ku munsi wa nyuma wa 2011 habaye impanuka 3 mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9124],"tags":[16770],"byline":[11170],"hashtag":[],"class_list":["post-19668","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-rwanda","tag-homenews","byline-olivier-ntaganzwa"],"bylines":[{"id":11170,"name":"Olivier NTAGANZWA","slug":"olivier-ntaganzwa","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"contributors":[{"id":11170,"name":"Olivier NTAGANZWA","slug":"olivier-ntaganzwa","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"featured_image":null,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19668","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19668"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19668\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19668"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19668"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19668"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=19668"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=19668"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}