{"id":19665,"date":"2012-01-01T15:47:09","date_gmt":"2012-01-01T15:47:09","guid":{"rendered":"https:\/\/old.igihe.com\/autriche-umugore-yikoze-mu-nda-nawe-ahita-yiyahura\/"},"modified":"2012-01-01T15:44:46","modified_gmt":"2012-01-01T15:44:46","slug":"autriche-umugore-yikoze-mu-nda-nawe-ahita-yiyahura","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/autriche-umugore-yikoze-mu-nda-nawe-ahita-yiyahura\/","title":{"rendered":"Autriche: Umugore yikoze mu nda nawe ahita yiyahura"},"content":{"rendered":"<p>{Muri iki cyumweru, umugore w\u2019imyaka 42 y\u2019amavuko ukomoka wo mujyi wa Viennce ho mu gihugu cya Autriche yishe umwana we w\u2019imyaka 10 maze nawe ahita yiyica.}<\/p>\n<p>Urubuga rwa interineti 20 minutes dukesha iyi nkuru rutangaza ko uyu mugore yiyiciye umwana we w\u2019umukobwa akoresheje imbuda umugabo we akoresha mu kazi maze nawe agahita yiyahura.<\/p>\n<p>Abakoze iperereza kuri uru rupfu bavuga ko isasu uyu mugore yakoresheje  yica umukobwa we ari naryo  yakoresheje yiyica kuko bavuga ko basanze bari bicaranye umwe iruhande rw\u2019undi ndetse n\u2019imitwe bayifatanyije.<\/p>\n<p>Aba bakoze iperereza kuri uru rupfu kandi bemeza ko uyu mugore yishe umukobwa we azi ibyakora ngo kuko bigaragara ko atabikoze ku bw\u2019impanuka.<\/p>\n<p>Umugabo w\u2019uyu mugore n\u2019umwana wabo w\u2019umuhungu bavuga ko batazi ikibazo nyamukuru cyatumye uyu mugore akora amarorerwa nk\u2019aya. Gusa ngo mu minsi ishize we n\u2019umugabo we bari bafitanye ibibazo  ariko bitatuma yica umwana we maze nawe akikura mu buzima.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>{Muri iki cyumweru, umugore w\u2019imyaka 42 y\u2019amavuko ukomoka wo mujyi wa Viennce ho mu gihugu cya Autriche yishe umwana we w\u2019imyaka 10 maze nawe ahita yiyica.} Urubuga rwa interineti 20 minutes dukesha iyi nkuru rutangaza ko uyu mugore yiyiciye umwana we w\u2019umukobwa akoresheje imbuda umugabo we akoresha mu kazi maze nawe agahita yiyahura. Abakoze iperereza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9126],"tags":[16770],"byline":[12489],"hashtag":[],"class_list":["post-19665","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mahanga","tag-homenews","byline-mimi-rachel-mukandayisenga"],"bylines":[{"id":12489,"name":"Mimi Rachel Mukandayisenga","slug":"mimi-rachel-mukandayisenga","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"contributors":[{"id":12489,"name":"Mimi Rachel Mukandayisenga","slug":"mimi-rachel-mukandayisenga","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"featured_image":null,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19665","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19665"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19665\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19665"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19665"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19665"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=19665"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=19665"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}