{"id":19662,"date":"2012-01-01T13:26:58","date_gmt":"2012-01-01T13:26:58","guid":{"rendered":"https:\/\/old.igihe.com\/60-batawe-muri-yombi-ubwo-bamaganaga-poutine\/"},"modified":"2012-01-01T13:24:54","modified_gmt":"2012-01-01T13:24:54","slug":"60-batawe-muri-yombi-ubwo-bamaganaga-poutine","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/60-batawe-muri-yombi-ubwo-bamaganaga-poutine\/","title":{"rendered":"60 batawe muri yombi ubwo bamaganaga Poutine"},"content":{"rendered":"<p>{Polisi y\u2019u Burusiya yataye muri yombi kuri uyu wa abantu barenga 60 ubwo bageragezaga gukora imyigaragambyo yo kwamagana Ministiri w\u2019intebe w\u2019 u Burusiya Vladmir Poutine uri kwiyamamariza kongera kuyobora icyo gihugu.}<\/p>\n<p>Ibiro ntaramakuru by\u2019Abongereza, Reuters, byatangaje ko polisi yafashe abantu 200 bari bateraniye ku kibuga cya Trioumfalnaiam basakuza bati : \u00bbPoutine agomba kugenda!&#8230;. murekure imfugwa za politiki! \u00bb<\/p>\n<p>Imyigaragambyo nk\u2019iyi kandi yagaragaye mu gace ka Saint-Petersbourg, aho abantu icumi batawe muri yombi, naho mu Mujyi wa Nijni Novgorod umwe mu bayobozi b\u2019abatavuga rumwe na leta Boris Nemtsov yatangaje ko abantu bari hagati y\u2019ijana na magana abiri bitabiriye iyi myigaragambyo.<\/p>\n<p>Ku ruhande rwa Vladmir Poutine ukomeje kwamaganwa bikomeye, yatangaje ko abona nta gitangaje kirimo, ati :\u00ab Mu bihe nk\u2019ibi, abanyapolitiki bakoresha amarangamutima y\u2019abaturage baba batarafata umurongo neza, bigatera akavuyo, ariko nicyo kiguzi cya demokarasi, nta gitangaje kirimo aho \u00bb.<\/p>\n<p>Vladmir Poutine ukomeje kwanga kugirana imishyikirano n\u2019abatavuga rumwe nawe, avuga ko bajagaraye, yatanze ubutumwa busa n\u2019ubw\u2019ubwiyunge ubwo yavugaga ijambo ryo gusoza umwaka, ati : \u00bb ndifuriza abanyagihugu bose ntitaye ku mirongo ya politiki yabo, abayobozi n\u2019abayoborwa umunezero n\u2019umusaruro mwiza \u00bb.<\/p>\n<p>Kuba mu mwaka w\u20191999 Vladmir Putine yabaye Perezida w\u2019 u Burusiya, ava kuri iyo mirimo muri 2008 aho yahise aba Ministiri w\u2019intebe ndetse kuri ubu yatangaje ko agiye kongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu. <\/p>\n<p>Abatavuga rumwe nawe bemeza ko ku itariki 24 Ukuboza 2011 abantu bari hagati y\u2019 7000 na 10000 bitabiriye imyagarambyo yo kumwamagana bavuga ko yaranzwe n\u2019 uburiganya mu matora banasaba ko yava ku buyobozi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>{Polisi y\u2019u Burusiya yataye muri yombi kuri uyu wa abantu barenga 60 ubwo bageragezaga gukora imyigaragambyo yo kwamagana Ministiri w\u2019intebe w\u2019 u Burusiya Vladmir Poutine uri kwiyamamariza kongera kuyobora icyo gihugu.} Ibiro ntaramakuru by\u2019Abongereza, Reuters, byatangaje ko polisi yafashe abantu 200 bari bateraniye ku kibuga cya Trioumfalnaiam basakuza bati : \u00bbPoutine agomba kugenda!&#8230;. murekure imfugwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9126],"tags":[16770],"byline":[11873],"hashtag":[],"class_list":["post-19662","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mahanga","tag-homenews","byline-ishimwe-samuel"],"bylines":[{"id":11873,"name":"Ishimwe Samuel","slug":"ishimwe-samuel","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"contributors":[{"id":11873,"name":"Ishimwe Samuel","slug":"ishimwe-samuel","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"featured_image":null,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19662","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19662"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19662\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19662"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19662"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19662"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=19662"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=19662"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}