{"id":19659,"date":"2012-01-01T12:40:38","date_gmt":"2012-01-01T12:40:38","guid":{"rendered":"https:\/\/old.igihe.com\/ibintu-7-biranga-umunyamwuka-w-ukuri\/"},"modified":"2012-01-01T12:40:04","modified_gmt":"2012-01-01T12:40:04","slug":"ibintu-7-biranga-umunyamwuka-w-ukuri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/ibintu-7-biranga-umunyamwuka-w-ukuri\/","title":{"rendered":"Ibintu  7 biranga  umunyamwuka w\u2019ukuri"},"content":{"rendered":"<p>{Kuba mu mwuka n\u2019ijambo rikunzwe gukoreshwa n\u2019amatsinda atandukanye y\u2019abakristu bamwe bavuga ko umuntu uri mu mwuka ahora arangwa no kuvuga ku ijambo ry\u2019Imana ndetse akitwararika igihe cyose, cyangwa akarangwa no gusenga cyane kuruta abandi.}<\/p>\n<p>Ntawahakana ko kumaramaza mu  gusenga no guhimbaza Imana ari bimwe mu bimenyetso  bishobora kuranga umuntu w\u2019umunyamwuka ariko ni ngombwa ko dusobanukirwa ko ibyo twavuze haruguru bidahagije kugirango umuntu yitwe umunyamwuka nyakuri (Spirituel).<\/p>\n<p>Umwuka w\u2019Imana ushobora kugaragarira mu bushake, n\u2019ubushobozi  budasanzwe bushobora gutuma nyiri ubwite yubaha ubuzima yahawe n\u2019Imana.<\/p>\n<p>Ibi tugiye kubagezaho ni ibimenyetso 7 twakuye ku Kinyamakuru Trompette zerekana ko umuntu ari umunyamwuka w\u2019ukuri.<\/p>\n<p>{{1.}} Mbere na mbere,umunyamwuka yifuza kwiyeza (se sanctifier) kurusha kwinezeza kuko abayizera ko azanezezwa n\u2019Imana, ikindi ni uko arangwa no kwikorera umusaraba we nta ngingimira.<\/p>\n<p>{{2. }} Umukristu aba umuyamwuka iyo abona ibintu byose mu bushake by\u2019Imana kandi akagerageza kubiha agaciro mu.<\/p>\n<p>{{3.}} Umunyamwuka w\u2019ukuri ashobora kandi no kwifuza gupfa kurusha kubaho mu buhemu n\u2019ibyaha, ibyo bikaba byamutandukanya n\u2019umuntu watwawe n\u2019irari ry\u2019ubuzima (le Charnel).<\/p>\n<p>{{4. }} Umunyamwuka w\u2019ukuri yishimira kubona abandi batera imbere n\u2019ubwo we yatakaza ubuzima bwe, yishimira kubera  abandi igitambo ndetse n\u2019intwari mu maso y\u2019Imana.<\/p>\n<p>{{5.}} Uwo muntu yishimira kandi kuzashimirwa n\u2019Imana kuruta uko yashimirwa n\u2019abantu.<\/p>\n<p>{{6.}} Umunyamwuka aca urubanza rw\u2019umucyo w\u2019iteka atagendeye ku bihe bizwi (Lumi\u00e8re d\u2019Eternit\u00e9)<\/p>\n<p>{{7. }} Bene uwo muntu yifuza cyane kuba ingirakamaro (utile) kurusha kuba icyamamare (Cel\u00e8bre) mu maso ya benshi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>{Kuba mu mwuka n\u2019ijambo rikunzwe gukoreshwa n\u2019amatsinda atandukanye y\u2019abakristu bamwe bavuga ko umuntu uri mu mwuka ahora arangwa no kuvuga ku ijambo ry\u2019Imana ndetse akitwararika igihe cyose, cyangwa akarangwa no gusenga cyane kuruta abandi.} Ntawahakana ko kumaramaza mu gusenga no guhimbaza Imana ari bimwe mu bimenyetso bishobora kuranga umuntu w\u2019umunyamwuka ariko ni ngombwa ko dusobanukirwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9165],"tags":[16770],"byline":[11884],"hashtag":[],"class_list":["post-19659","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ivugabutumwa","tag-homenews","byline-gaston-rwaka"],"bylines":[{"id":11884,"name":"Gaston Rwaka","slug":"gaston-rwaka","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"contributors":[{"id":11884,"name":"Gaston Rwaka","slug":"gaston-rwaka","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"featured_image":null,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19659","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19659"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19659\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19659"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19659"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19659"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=19659"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=19659"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}