{"id":19656,"date":"2012-01-01T10:53:29","date_gmt":"2012-01-01T10:53:29","guid":{"rendered":"https:\/\/old.igihe.com\/yatse-gatanya-amaze-gutahura-ko-yaciwe-inyuma-mu-myaka-70-ishize\/"},"modified":"2012-01-01T10:50:17","modified_gmt":"2012-01-01T10:50:17","slug":"yatse-gatanya-amaze-gutahura-ko-yaciwe-inyuma-mu-myaka-70-ishize","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/yatse-gatanya-amaze-gutahura-ko-yaciwe-inyuma-mu-myaka-70-ishize\/","title":{"rendered":"Yatse gatanya amaze gutahura ko yaciwe inyuma mu myaka 70 ishize"},"content":{"rendered":"<p>{Umukambwe w\u2019imyaka 99 y\u2019amavuko yafashe umwanzuro ukomeye wo gutandukana n\u2019umufasha we mu rwego rw\u2019amategeko nyuma yo gutahura ko yigeze kumuca inyuma mu myaka 70 ishize.}<\/p>\n<p>Uyu muryango ni uwo mu gihugu cy\u2019u Butaliyani.<\/p>\n<p>Uyu mukambwe wari umaze imyaka 77 ashyingiranwe n\u2019umufasha we yaje guhitamo gufata icyemezo ntakuka cyo gutandukana n\u2019umufasha we nyuma yo gutahura neza, ashingiye ku bimenyetso yabonye mu bintu by\u2019umufasha we bigaragaza ko yigeze kumuca inyuma mu myaka igera kuri 70 ishize.<\/p>\n<p>N\u2019ubwo yatekerezaga kuzasozanya ubu buzima n\u2019umufasha we, yakozwe mu nkokora n\u2019akabaruwa kamaze igihe kirekire yabonye mu bintu by\u2019umufasha we ubu ufite imyaka 96 y\u2019amavuko kagaragaramo ndetse kagahishura neza ko mu myaka y\u20191940, nyuma y\u2019imyaka micye ashyingiwe n\u2019umufasha we, hari umubano wihariye yari afitanye n\u2019undi mugabo.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko urubuga rwa Internet 7sur7.be dukesha iyi nkuru rubitangaza ngo aka kabaruwa kahaye ibimenyetso bifatika uyu mukambwe bigaragariza uyu mukambwe ko yaciwe inyuma kuburyo ngo byatumye yanga uyu mukecuru bari barambanye ndetse asanga akwiye kwaka ubutane mu maguru mashya.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>{Umukambwe w\u2019imyaka 99 y\u2019amavuko yafashe umwanzuro ukomeye wo gutandukana n\u2019umufasha we mu rwego rw\u2019amategeko nyuma yo gutahura ko yigeze kumuca inyuma mu myaka 70 ishize.} Uyu muryango ni uwo mu gihugu cy\u2019u Butaliyani. Uyu mukambwe wari umaze imyaka 77 ashyingiranwe n\u2019umufasha we yaje guhitamo gufata icyemezo ntakuka cyo gutandukana n\u2019umufasha we nyuma yo gutahura neza, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9127],"tags":[16770],"byline":[12303],"hashtag":[],"class_list":["post-19656","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-n-utundi","tag-homenews","byline-shikama-dioscore"],"bylines":[{"id":12303,"name":"SHIKAMA Dioscore","slug":"shikama-dioscore","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"contributors":[{"id":12303,"name":"SHIKAMA Dioscore","slug":"shikama-dioscore","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"featured_image":null,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19656","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19656"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19656\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19656"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19656"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19656"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=19656"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=19656"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}