{"id":19644,"date":"2012-01-01T08:15:00","date_gmt":"2012-01-01T08:15:00","guid":{"rendered":"https:\/\/old.igihe.com\/beyonce-yibarutse-umwana-w-umukobwa\/"},"modified":"2012-01-01T08:18:17","modified_gmt":"2012-01-01T08:18:17","slug":"beyonce-yibarutse-umwana-w-umukobwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/beyonce-yibarutse-umwana-w-umukobwa\/","title":{"rendered":"Beyonce yibarutse umwana w&#8217;umukobwa"},"content":{"rendered":"<p>{Binyuze ku rubuga ruhuza abantu rwa twitter hatangajwe ko umuhanzi Beyonce yaba yaribarutse umwana w\u2019umukobwa mu ijoro ryo kuwa 29 rishyira kuwa 30 Ukuboza 2011.} <\/p>\n<p>N\u2019ubwo iyi nkuru yabaye kimomo henshi mu bitangazamakuru, ntibiratangazwa ku mugaragaro no ku buryo busesuye ndetse na ba nyir&#8217;ubwite ntacyo barabitangariza abanyamauru. <\/p>\n<p>Muri ayo makuru yo kubyara kwa Beyonce (yaturutse kuri twitter) hatangajwe ko uyu mukobwa Beyonce yaba yibarutse izina agomba guhita ahabwa ari Tiana-May Carter.<\/p>\n<p>Amakuru dukesha urubuga Staragora avuga ko Jay-z, umugabo wa Beyonce yabanaga n\u2019umugore we mu bitaro bya St Luke&#8217;s Roosevelt by\u2019i New-York, ari naho bibarukiye umukobwa wabo.<\/p>\n<figure class=\"spip-document spip-document-11187 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/a3b12efdc9c13635a37d3537f8478ef74efdd579eeb33.jpg\" alt=\"Dore ibitaro Jay-Z yakodesherejemo umugore we icyumba kuwa 29-30 ukuboza\" \/><\/figure>\n<p>Kuba Beyonce yarakomeje gukemangwa ku by\u2019uku gutwita kwe bituma ibitangazamakuru bivuga ko uku kubyara kwe kugishidikanywaho. Ikindi kandi ni uko itariki yo kubyara ya Beyonce yari iteganijwe muri umwe mu minsi igize ukwezi kwa Gashyantare mu 2012.<\/p>\n<p>Kugeza ubu abantu bose bategereje ijambo rya mbere umuhanzi Beyonce azatangariza ibitangazamakuru.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>{Binyuze ku rubuga ruhuza abantu rwa twitter hatangajwe ko umuhanzi Beyonce yaba yaribarutse umwana w\u2019umukobwa mu ijoro ryo kuwa 29 rishyira kuwa 30 Ukuboza 2011.} N\u2019ubwo iyi nkuru yabaye kimomo henshi mu bitangazamakuru, ntibiratangazwa ku mugaragaro no ku buryo busesuye ndetse na ba nyir&#8217;ubwite ntacyo barabitangariza abanyamauru. Muri ayo makuru yo kubyara kwa Beyonce (yaturutse [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9141],"tags":[16770,16789],"byline":[11447],"hashtag":[],"class_list":["post-19644","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-hanze","tag-homenews","tag-s_singers","byline-richard-irakoze"],"bylines":[{"id":11447,"name":"Richard IRAKOZE","slug":"richard-irakoze","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"contributors":[{"id":11447,"name":"Richard IRAKOZE","slug":"richard-irakoze","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"featured_image":null,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19644","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19644"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19644\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19644"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19644"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19644"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=19644"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=19644"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}