{"id":19641,"date":"2011-12-31T16:20:21","date_gmt":"2011-12-31T16:20:21","guid":{"rendered":"https:\/\/old.igihe.com\/nyuma-y-imyaka-7-adele-aciye-agahigo-ko-kugurisha-indirimbo-nyinshi-muri-2011\/"},"modified":"2011-12-31T16:18:26","modified_gmt":"2011-12-31T16:18:26","slug":"nyuma-y-imyaka-7-adele-aciye-agahigo-ko-kugurisha-indirimbo-nyinshi-muri-2011","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/nyuma-y-imyaka-7-adele-aciye-agahigo-ko-kugurisha-indirimbo-nyinshi-muri-2011\/","title":{"rendered":"Nyuma y\u2019imyaka 7 Adele aciye agahigo ko kugurisha indirimbo nyinshi muri 2011"},"content":{"rendered":"<p>{Uyu mwaka wa 2011 urangiye ari ibyishimo bisa ku mucuranzikazi Adele ukomoka mu gihugu cy\u2019u Bwongereza kuko ariwe muntu wabashije kugurisha ama \u201cdisques\u201d menshi ku Isi mu gihe cy\u2019amezi 12. } <\/p>\n<p>Igishimije cyane kuri Adele si uko ariwe uri ku mwanya wa mbere kuko yacuruje miliyoni 5,28 z\u2019ama disques ya album 21 muri Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika gusa; ahubwo ni uko hashize imyaka 7 nta wundi muntu urakora nk\u2019ibi, usibye Usher Raymond wabyigeze mu mwaka wa 2004, ubwo hasohokaga album ye yise Confessions.  <\/p>\n<p>Nyuma ya Adele wamenyekanye cyane mu ndirimbo nka<br \/>\n\u201cSomeone like you\u201d na \u201cRolling in the deep\u201d, haza Lady Gaga wagurishije miliyoni 2,3 z\u2019ama disques ya Album yise \u201cBorn this way\u201d naho Michael Buble utaherukaga ku rutonde nk\u2019uru, we yagurishije miliyoni 1,96 z\u2019album ye igizwe n\u2019indirimbo za Noheli. <\/p>\n<p>Adele Laurie Blue Adkins uzwi nka Adele, ni umuririmbyikazi, akaba n\u2019umwanditsi w\u2019indirimbo, wavutse ku itariki ya 5 Gicurasi 1988, avukira I Londres mu Bwongereza. Yahawe ibihembo bitandukanye birimo  icyitwa \u201cCritics\u2019 Choice\u201d yahawe muri BRIT Awards, \u201cSound of 2008\u201d, ndetse anahabwa ibihembo 2 bya Grammy Awards birimo icy\u2019umuhanzi mushya mwiza (Best New Artist) na \u201cbest pop female performance\u201d.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>{Uyu mwaka wa 2011 urangiye ari ibyishimo bisa ku mucuranzikazi Adele ukomoka mu gihugu cy\u2019u Bwongereza kuko ariwe muntu wabashije kugurisha ama \u201cdisques\u201d menshi ku Isi mu gihe cy\u2019amezi 12. } Igishimije cyane kuri Adele si uko ariwe uri ku mwanya wa mbere kuko yacuruje miliyoni 5,28 z\u2019ama disques ya album 21 muri Leta Zunze [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2921,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9138],"tags":[16770],"byline":[11790],"hashtag":[],"class_list":["post-19641","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-muzika","tag-homenews","byline-umuhoza-n-jessica"],"bylines":[{"id":11790,"name":"UMUHOZA N. Jessica","slug":"umuhoza-n-jessica","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"contributors":[{"id":11790,"name":"UMUHOZA N. Jessica","slug":"umuhoza-n-jessica","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"featured_image":null,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19641","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2921"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19641"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19641\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19641"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19641"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19641"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=19641"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=19641"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}