{"id":19638,"date":"2011-12-31T23:30:00","date_gmt":"2011-12-31T23:30:00","guid":{"rendered":"https:\/\/old.igihe.com\/kidumu-yiyemeje-gutangira-umwaka-asangira-n-abakunzi-be\/"},"modified":"2011-12-31T23:36:00","modified_gmt":"2011-12-31T23:36:00","slug":"kidumu-yiyemeje-gutangira-umwaka-asangira-n-abakunzi-be","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/kidumu-yiyemeje-gutangira-umwaka-asangira-n-abakunzi-be\/","title":{"rendered":"Kidumu yiyemeje gutangira umwaka asangira n&#8217;abakunzi be"},"content":{"rendered":"<p>{Nyuma y\u2019igitaramo ateganya gukora mu ijoro ryo gusoza umwaka no gutangira undi, umuhanzi Kidumu arateganya gukorera ikindi gitaramo muri Michael\u2019s Club (Remera), aho ateganya gusangira n\u2019abakunzi be ifunguro mucyo yise \u2019VIP Dinner with Kidumu\u2019.}<\/p>\n<p>Iki gitaramo kiri mu bitaramo bitamenyerewe hano mu Rwanda kizaba ku Cyumweru tariki ya 01 Mutarama 2012.<\/p>\n<p>Uyu muhanzi uteganya gususurutsa abakunzi be ubwo azaba aririmba mu buryo bwa Live, avuga ko ashaka kugaragaza ko nyuma y\u2019umuziki umuhanzi ashobora kwisanzura kuri bagenzi be bakaganira ndetse bakaba banasangira.<\/p>\n<p>Ibi bikaba bihuza n\u2019uko uyu muhanzi uzwi mu ndirimbo nka \u2018Umushaha\u2019 asanzwe agaragaza impano zitandukanye zirimo kubasha gusetsa, kuganira ndetse no kugirana urugwiro n\u2019abafana be. Ibi bikiyongera ko uyu muhanzi uretse kuririmba anabasha gucuranga ingoma iyo ari mu bitaramo.<\/p>\n<figure class=\"spip-document spip-document-11185 aligncenter\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/IMG\/jpg\/kbido.jpg\" alt=\"Dore uko igitaramo giteguwe\" \/><\/figure>\n<p>Iki gitaramo kizaba gikurikiye icyo Kidumu yahujwe n\u2019igihangange Flavor cyo muri Nigeria kuri uyu wa 31 Ukuboza 2011. Kidumu kandi akubutse mu gihugu cye cy\u2019amavuko Burundi aho yakoreye ibitaramo bitandukanye.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>{Nyuma y\u2019igitaramo ateganya gukora mu ijoro ryo gusoza umwaka no gutangira undi, umuhanzi Kidumu arateganya gukorera ikindi gitaramo muri Michael\u2019s Club (Remera), aho ateganya gusangira n\u2019abakunzi be ifunguro mucyo yise \u2019VIP Dinner with Kidumu\u2019.} Iki gitaramo kiri mu bitaramo bitamenyerewe hano mu Rwanda kizaba ku Cyumweru tariki ya 01 Mutarama 2012. Uyu muhanzi uteganya gususurutsa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9114],"tags":[16770,16789],"byline":[13282],"hashtag":[],"class_list":["post-19638","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imyidagaduro","tag-homenews","tag-s_singers","byline-olivier-rubibi"],"bylines":[{"id":13282,"name":"Olivier RUBIBI","slug":"olivier-rubibi","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"contributors":[{"id":13282,"name":"Olivier RUBIBI","slug":"olivier-rubibi","description":"","image":{"id":0,"url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/?s=96&d=mm&f=y&r=g","alt":"Default avatar","title":"Default avatar","caption":"","mime_type":"image\/jpeg","sizes":[]},"user_id":null}],"featured_image":null,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19638","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19638"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19638\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19638"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19638"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19638"},{"taxonomy":"byline","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/byline?post=19638"},{"taxonomy":"hashtag","embeddable":true,"href":"https:\/\/new.igihe.com\/kinyarwanda\/wp-json\/wp\/v2\/hashtag?post=19638"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}