Ibintu by’ingenzi byaranze imyidagaduro muri 2011
{Umwaka wa 2011, usigiye abahanzi bo mu Rwanda iterambere rikomeye mu mwuga wabo kubera ahanini amarushanwa atandukanye bitabiriye, ibitaramo n’indi mihango itandukanye bakoze bakagenda bagaragaza ko bashoye kandi ko baramutse bashyigikiwe barushaho gutera imbere.} Mu gihe turimo gusoza umwaka wa 2011, twabakusanirije ibihe by’ingenzi byawuranze mu myidagaduro yose aha turavuga muzika, amafilime n’amakinamico ariko iki […]