Editorial Workspace
IGIHE content backend
This theme is intentionally minimal. Public presentation belongs to the headless frontend; WordPress remains focused on content operations, previews, workflows, and publishing safety.
Headless status
Frontend not connected
No headless frontend URL is configured yet. This theme remains usable for editorial work, but frontend preview links are unavailable.
Latest content
Yasubijwe ababyeyi be nyuma y’amezi 2 yibwe
{Michella Jackson w’ amezi atandatu y’ amavuko, yongeye gusubizwa ababyeyi be akuwe muri Repubulika Iharanira Dermokarasi ya Congo, nyuma y’ igihe cy’ amezi abiri yibwe iwabo mu karere ka Rubavu.} Nk’uko byanditswe na The New Times, nyina w’ umwana, Egidia Musabyemariya, ubwo yari mu rusengero yahuye n’ umugabo ukomoka muri Congo wamusabye ko yamuha icumbi […]
Kengo wa Dondo yakuwe amenyo n’abagizi ba nabi
{ Ku mugoroba wo kuwa Gatandatu tariki 31 Ukuboza 2011, abantu bataramenyekana bagiriye nabi umukuru wa Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ariwe Kengo wa Dondo. Birakekwa no abakoze icyo gikorwa ari abo mu mutwe w’abiyise Les Combattants bari ku ruhande rwa Etienne Tshisekedi.} Kuri iki Cyumweru nibwo leta y’u Bufaransa yatangaje ko Kengo […]
Abaturage batarishyura ubwisungane mu kwivuza bashobora kuzacikanwa
{Minisiteri y’ Ubuzima iratangaza ko abaturage bose batarangiza kugura ubwisungane mu kwivuza (mutuelle de santé) kandi igikorwa cyo kwishyura kigomba kurangirana n’ukwezi kwa Mutarama 2012.} Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko 80% by’ abaturage ari bo bamaze kugura ubwisungane mu kwivuza mu gihe itariki ya nyuma yo kwishyuriraho ari iya 31 Mutarama 2012. Gusa ariko n’ubwo bimeze […]
Umuhanzi Flavour yatuye indirimbo Abanyarwandakazi b’amasugi
{Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nigeria, Chinedu Okoli uzwi cyane ku izina rya Mr Flavour cyangwa benshi bita Sawa Sawa ubwo yataramiraga Abanyarwanda mu gitaramo cyiswe East African Party yatuye imwe mu ndirimbo ze abakobwa b’Abanyarwandakazi bumva ko bakiri amasugi, ni ukuvuga abatarakora imibonano mpuzabitsina.} Uyu muhanzi kandi uretse gutura iyi ndirimbo ye abantu bihariye, […]
Umugati wa hamburger waba wangiza ubwonko bikomeye
{Byari bisanzwe bizwi ko kurya imigati bita hamburger, amafiriti, cyangwa pizza bikungahaye kuri aside bitera umubyibuho ariko abashakashatsi b’Abanyamerika batangiye gusanisha uyu mugati wa hambourger n’indwara yitwa ‘Alzheimer’ (soma arizeyimeri) y’uburwayi bwo mu mutwe kuko abafata amafunguro arimo ino aside bagira ikibazo ku mikorere y’ubwonko. } Inyigo yatangajwe mu kinyamakuru kitwa Neurology Journal kibanze ku […]
Polisi y’igihugu irishimira uko umwaka wa 2012 watangiye mu mutekano
{Bisanzwe bizwi ko mu mpera za buri mwaka haba ibibazo bitandukanye by’umutekano ariko ubu Polisi y’igihugu iratangaza ko nta byaha bidasanzwe cyangwa impanuka zikanganye byabaye muri iyi minsi mikuru ugereranyije n’imyaka yashize.} Mu bihe bya Noheli n’Ubunani habaye impanuka 8 zaguyemo abantu 3, mu gihe ku munsi wa nyuma wa 2011 habaye impanuka 3 mu […]
Iterambere rishobora kuzamira umuco
{Ubu ntibicyoroshye kumenya uko Umunyarwanda w’icyitegererezo yagakwiye kwitwara, ahanini bigendeye ku myitwarire mu bandi; imivugire, imigendere, imyambarire, ndetse no kuri buri kimwe cyose kiranga imibereho ya buri munsi y’Umunyarwanda kuri ubu yaba utuye mu Rwanda cyangwa se no hanze yarwo.} Ubu umuco mwiza ugezweho ni uw’amabogari (beau gars) ndetse n’abasitari n’abasitarikazi. Ahanini bitewe na za […]